Amakuru
Mu gitondo cyo ku wa gatandatu tariki ya 09 Ugushyingo 2019, Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru, Gatabazi Jean Marie Vianney, n’abayobozi banyuranye mu karere ka Musanze,...
Hi, what are you looking for?
Mu gitondo cyo ku wa gatandatu tariki ya 09 Ugushyingo 2019, Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru, Gatabazi Jean Marie Vianney, n’abayobozi banyuranye mu karere ka Musanze,...
Mu gihe hari bamwe mu babyeyi bahana abana babo mu buryo bubabaza bibwira ko bari gukosora ikosa, bikagira ingaruka ku mwana zirimo izo gukomereka...
Abo amateka agaragaza ko basigajwe inyuma batuye mu murenge wa Kinigi n’uwa Nyange yo mu karere ka Musanze, bavuga ko bahawe ubutaka kugira ngo...
ADEPR y’u Rwanda yashinze ishami muri Kenya, mu nkambi z’impunzi z’Abanyarwanda barimo abahunze banyuze muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Abarundi ndetse n’Abanyekongo. Mu...
Mu rubanza ruregwamo Neretse Fabien rwatangiye ku wa kane tariki ya 7 Ugushyingo 2019 mu Bubiligi; ubushinjacyaha bwagaragaje mu masaha abiri n’igice ibirego uyu...
Ubuyobozi bw’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Igororamuco mu Rwanda butangaza ko abarenga 80 ku ijana mu rubyiruko rugororerwa mu Kigo cy’Igororamuco cya Nyamagabe bahuye n’ihungabana kubera...
Umubare w’abana baba mu muhanda ukomeza kwiyongera umunsi ku munsi. Abana bamwe baba mu muhanda bavuga ko babiterwa n’ubukene buvuza ubuhuha mu miryango yabo,...
Ku wa mbere tariki ya 4 Ugushyingo 2019 nibwo urukiko rw’i Bruxelles mu Bubiligi rwatangaje abazaburanisha umunyarwanda Fabien Neretse ukurikiranyweho kugira uruhare muri Jenoside...
Ku mugoroba wo ku wa 4 Ugushyingo 2019, Perezida Paul Kagame yakoze impinduka muri Guverinoma y’u Rwanda, Dr. Vincent Biruta yakuwe muri Minisiteri y’ibidukikije...
Ku wa Gatandatu tariki ya 2 Ugushyingo 2019, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Kirehe mu murenge wa Gatore, yafashe abakora irondo ry’umwuga...
Biteganyijwe ko kuva tariki ya 05 Ugushyingo 2019 abanyeshuri biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye ari bwo bazasoza igihembwe cya Gatatu ari na cyo cya nyuma gisoza umwaka...
Raporo ku bipimo by’imiyoborere mu Rwanda yakozwe n’Urwego rw’igihugu rw’imiyoborere (RGB) ya 2018, yamuritswe ku wa 31 Ukwakira 2019, igaragaza ko hari inkingi zishingirwamo...
Ku bufatanye n’inzego z’ibanze, ndetse n’abaturage kuva ku wa 28 kugeza ku wa 30 Ukwakira 2019, mu bice bitandukanye by’igihugu habaye ibikorwa byo kurwanya...
Ibi bintu byo kuganira no kwishongoranaho hagati y’abafana n’abayobozi b’amakipe y’umupira w’amaguru mu Rwanda, umupira utaraba cyangwa warabaye, kandi bikajya mu itangazamakuru ry’ubwoko bwose, mbona...
Mu ijoro rya tariki ya 27 Ukwakira 2019, nibwo Nzabahimana Eric usanzwe ukora umurimo wo gutwara abagenzi kuri moto ifite ibiyiranga RE 328S yahagaritswe...