Amakuru
Abagabo batatu bafunzwe na Polisi ibakurikiranyeho kwiba inka, umwe ikaba yamusanganye igihanga cyayo. Umuvugizi w’uru rwego mu Ntara y’Amajyaruguru IP Ignace Ngirabakunzi avuga ko...
Hi, what are you looking for?
Abagabo batatu bafunzwe na Polisi ibakurikiranyeho kwiba inka, umwe ikaba yamusanganye igihanga cyayo. Umuvugizi w’uru rwego mu Ntara y’Amajyaruguru IP Ignace Ngirabakunzi avuga ko...
Sanae Takaichi niwe mugore uhabwa amahirwe yo kuba uwa mbere uyoboye Guverinoma y’Ubuyapani mu mateka yabwo. Kuri uyu wa Mbere nibwo Inteko ishinga amategeko...
Kuri iki Cyumweru, Perezida wa Sénégal, Bassirou Diomaye Faye yavuye muri Kigali Car Free Day ahita agana muri Kenya, mu ruzinduko rw’akazi. Yagiye muri...
Urugaga rw’Abikorera mu Mujyi wa Kigali rwatangaje ko rwabaruye rusanga abacuruzi bose bo mu Mujyi wa Kigali ari 57.325. Muri bo, ibihumbi 23 ni ...
Muri Kenya humvikanye amasasu yarashwe mu bantu baje gusezera kuri Odinga, abagera kuri batatu bahasiga ubuzima. Polisi y’iki gihugu niyo ivugwaho kubarasa, ariko ntiravuga...
Mu karere ka Kayonza, abantu batandatu bishwe n’imvura idasanzwe yaguye ku gicamunsi cyo ku wa kane tariki ya 16 Ukwakira 2025. Iyi mvura yaguye...
Abapolisi barindwi barangirije amahugurwa mu Misiri kuri uyu wa Gatatu tariki 15, Ukwakira, 2025 bahawe imidari. Byari ibyiciro bine by’amahugurwa yaberaga mu Ishuri rikuru...
Umwe mu mirambo umunani Israel yakiriye izi ko yose ari iy’abantu bayo Hamas yashimuse, yasanze hari umwe w’Umunya Palestine birakaza cyane abayobozi bayo barimo...
Abantu babiri barimo umwe w’imyaka 23 n’undi w’imyaka 19 bafatiwe mu Mudugudu wa Cyugamo, Akagari ka Nyagahinga, Umurenge wa Rusororo muri Gasabo bafite ibilo...
Inteko Rusange y’Ihuriro ry’igihugu nyunguranabitekerezo ry’imitwe ya politiki yo ku wa 14 Ukwakira 2025 yatoye Dr. Frank Habineza na Nkubana Alphonse kuba abasenateri. Hon...
I Nyarutarama hateranye inama yahuje inararibonye zigira Perezida Kagame inama zigize ihuriro bita Presidential Advisory Council (PAC). Nawe ubwe yari yayitabiriye aranayiyobora. Baganiriye ibyakorwa...
Umupolisi witwa PC (Police Constable) Ramadhan Matanka yarashwe umwambi mu rubavu ari imbere y’ibiro by’Umukuru w’igihugu i Nairobi bimuviramo urupfu. Uyu mugabo wari ukuze...
Kuva tariki 12, Ukwakira, 2025 Umugaba Mukuru w’Ingabo za Gambia, Lieutenant General Mamat O.A. Cham, ari mu ruzinduko rw’akazi mu Rwanda. Yakiriwe na mugenzi...
AFC/M23 n’ubuyobozi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) basubiye ku meza y’ibiganiro i Doha muri Qatar kuri uyu wa Mbere, tariki ya 13,...
Polisi y’u Rwanda yashyize hanze itangazo rihamagarira abasore n’inkumi bifuza kwinjira muri Polisi y’igihugu gutangira kwiyandikisha. Ushaka kwinjira muri Polisi y’igihugu agomba kuba nibura...