Amakuru
Nibura abarwayi 34 barwaye macinya(cholera) bari kwitabwaho mu bigo bibiri bivura iyo ndwara i Bujumbura. Ibi byatangajwe na Minisiteri y’Ubuzima Rusange. Muri bo, 18...
Hi, what are you looking for?
Nibura abarwayi 34 barwaye macinya(cholera) bari kwitabwaho mu bigo bibiri bivura iyo ndwara i Bujumbura. Ibi byatangajwe na Minisiteri y’Ubuzima Rusange. Muri bo, 18...
RURA yashize hanze ibiciro bishya by’ingendo mu byerekezo byose by’igihugu:
Ku wa Gatanu, Minisitiri w’Ubutabera akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta, Emmanuel Ugirashebuja, afatanyije n’Umunyamabanga Mukuru w’Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha (RIB: Rwanda Investigation Bureau), Patrick Kabanda,...
Ingabo za Amerika n’iza Irani ziri gushakisha umusirikare w’Umunyamerika wabuze nyuma y’uko indege y’intambara ya Amerika yarashwe igwa hasi. Bamwe baramushaka ngo bamubaze amakuru...
Urwego Ngenzuramikorere (RURA) rwatangaje ko guhera ku wa 4 Mata 2026 saa kumi n’ebyiri za mu gitondo (6:00 am), ibiciro ntarengwa by’ibikomoka kuri peteroli...
Mu gihe ubukungu bw’Isi bukomeje guhura n’ihungabana rishingiye ku bibazo by’umutekano muke mu bice bitandukanye, Guverinoma y’u Rwanda yasabye abaturage kugira uruhare rufatika mu...
Hailemariam Desalegn wahoze ari Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia, ubu akaba ari Umuyobozi w’Inama y’Ubutegetsi mu Ihuriro Nyafurika riharanira impinduka mu rwego rw’Ubuhinzi (AGRA), yavuze...
Ku wa Kane tariki ya 2 Mata 2026, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro iyobowe na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yemeje...
Nyuma y’umwaka urenga umutwe wa AFC M23 ugenzura agace ka Katondi kandi nta n’imirwano iharagaragara, ku wa 1 Mata 2026, uyu mutwe wavuye muri...
Mugi wa Kigali habereye umuhango wo gutangaza ku mugaragaro isesengura rya Raporo z’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta ku nzego zegerejwe abaturage n’Umujyi wa Kigali,...
Polisi ikorera mu Mujyi wa Kigali yatangaje ko yafashe abantu bakekwaho ubujura bwakorerwaga mu gace ka Nyabugogo, nyuma y’ibirego byari bimaze iminsi bitangwa n’abahakorera...
Our Reporter Nairobi, Kenya, 01 April 2026: Livestock diseases continue to pose a significant threat to farmers’ livelihoods, food security and public health in...
Inkongi y’umuriro mu kigo cya gisirikare cya Musaga i Bujumbura yasize impungenge n’ibyago ku baturage. Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yatangaje ko hari abaturage...
Perezida Kagame yakiriye mu biro bye Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubufatanye bwa Afurika y’Iburasirazuba wa Tanzania, Mahamoud Thabit Kombo, baganira k’umubano uhamye usanzwe hagati y’u...
Ku wa 31 Werurwe 2026, mu karere ka muhanga hasorejwe ubukangurambaga bumaze iminsi bukorerwa muri za gare zitandukanye mu Rwanda, bujyanye no kurwanya umwanda...