Afurika
Umukozi ukorera Minisiteri y’Umutekano w’Imbere mu Gihugu muri Afurika y’Epfo, Boitumelo Shounyane, ari gukorwaho iperereza ku byaha akekwaho byo gutanga Visa mu buryo bunyuranyije...
Hi, what are you looking for?
Umukozi ukorera Minisiteri y’Umutekano w’Imbere mu Gihugu muri Afurika y’Epfo, Boitumelo Shounyane, ari gukorwaho iperereza ku byaha akekwaho byo gutanga Visa mu buryo bunyuranyije...
Iran yarashe umujyi wo mu Majyepfo ya Israel witwa Dimona ikoresheje misile, bikomeretsa nibura abantu 47. Intego isa n’iyari igamijwe ni ikigo cya nikileyeri...
Kuri uyu wa 21 Werurwe 2026, Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni na Perezida wa Kenya William Samoei Ruto batangije ku mugaragaro umushinga wo...
Bamwe mu bakobwa bakiri bato babyariye mu mihanda yo mu Mujyi wa Kigali baravuga ko ubuzima barimo muri iki gihe cy’imvura nyinshi bukomeje kuba...
Madamu Jeannette Kagame yongeye kwibutsa ko abagore bafite uruhare rukomeye mu iterambere ry’igihugu, abasaba kurushaho guhindura imitekerereze n’imikorere kugira ngo bagire uruhare rufatika mu...
Ibiza ni kimwe mu bibazo bihangayikishije kandi bikomeje gutwara ubuzima bw’abantu mu bice bitandukanye by’igihugu, ariyo mpamvu leta ikomeje ubukangurambaga mu rwego rwo kwirinda...
Jeanne d’Arc Munezero Guverineri wa Banki Nkuru y’u Rwanda, Soraya Hakuziyaremye, yahumurije abaturage bibazaga ku kibazo cy’intambara ya Iran na Amerika, yavuze ko kugeza...
Jackson Kwizera Amakuru y’umunyeshuri bikekwa ko yakuyemo inda bikamugiraho ingaruka zikomeye, yamenyekanye mu masaha y’ijoro ahagana saa yine n’igice (22h34) ku wa Gatatu, tariki...
Jackson Kwizera Guverinoma y’u Rwanda yashyize imbaraga mu kuvugurura imiyoboro ishaje itanga amazi no guteza imbere isuku n’isukura mu mijyi hirya no hino mu...
By Rene Anthere Rwanyange Rwanda’s financial sector remained resilient in 2025, sustained by a favourable macroeconomic environment and robust institutional performance, the latest Monetary...
Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana, yatangaje ko hifuzwa ko ibigo by’amashuri bigira n’amavuriro y’ibanze azafasha mu kwita ku buzima bw’abanyeshuri. Ati: “Turifuza ko ibigo...
Ababyeyi ndetse n’abakuru muri rusange bakora ibishoboka byose ngo abana babo bazavukane ubuzima bwiza, buzira imirire mibi n’igwingira, ibi bigatuma bakora cyane kugira ngo...
Panorama Abunganira u Rwanda mu rubanza ruregamo u Bwongereza bagereranyije imyitwarire y’u Bwongereza n’umucuruzi, abonye ko atazabona ibyo yashakaga, agatangira gutota uwo bagirana amasezerano...
Tariki ya 18 Werurwe uyu mwaka mu Ntara y’Amajyepfo mu Karere ka Nyanza hateraniye Inama y’Ubujyanama ku Rwego rw’Intara y’Amajyepfo kubufatanye na World Vision...