Rwanda
Buri mwaka tariki 25 Mata u Rwanda n’Isi byifatanya mu kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga wahariwe kurwanya Malariya. Ni muri urwo rwego Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Ubuzima...
Hi, what are you looking for?
Buri mwaka tariki 25 Mata u Rwanda n’Isi byifatanya mu kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga wahariwe kurwanya Malariya. Ni muri urwo rwego Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Ubuzima...
Gasigwa Léopold ni umwe mu Banyarwanda bagize uruhare rukomeye mu kwandika, gukora ubushakashatsi no gutunganya filime zishingiye ku mateka, cyane cyane agaruka kuri Jenoside...
Abayobozi bakuru mu nzego za Leta baturutse mu Rwanda no muri Uganda bongeye gushimangira ubushake bwo kurushaho guteza imbere ubucuruzi, ishoramari n’ikorwa ry’iyubakwa ry’akarere...
Kuri uyu wa Mbere, abanyeshuri bo mu mashuri abanza n’ayisumbuye hirya no hino mu gihugu bongeye gusubira ku ntebe z’ishuri, batangira igihembwe cya gatatu...
Meteo-Rwanda itangaza ko mu gice cya gatatu cya Mata 2026, ni ukuvuga guhera ku tariki 21 kugeza ku ya 30, mu Rwanda hateganyijwe imvura...
Ibihugu byombi byagiranye amasezerano mu by’umutekano no kwirwanaho agamije gufasha Abuja guhangana n’iterabwoba rikorwa n’aba ‘djihadists’ nk’uko byatangajwe na Minisitiri w’ingabo wa Nijeriya ku...
Kwizera Jackosn Ku wa 20 Mata 1994, ni umwe mu minsi yibukwa mu mateka y’u Rwanda, aho Umwamikazi Rosalie Gicanda, wari umugore w’Umwami Mutara...
Abanyarwanda batanu bize ibijyanye n’ubwenge buhangano (AI) mu mashuri makuru yo ku mugabane w’u Burayi no muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, batangije urubuga...
Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda yatangaje ko yatangiye igikorwa cyihariye cyo kugenzura ishyirwa mu bikorwa ry’ibiciro by’ibicuruzwa ku masoko atandukanye mu gihugu, mu rwego rwo guhangana...
Visi Perezida wa Sena y’u Rwanda, Nyirahabimana Soline, yagaragarije amahanga ko inteko zishinga amategeko zigomba kongera imbaraga mu gushyiraho politiki n’amategeko arengera abagore, agamije...
Mu gihe u Rwanda rukomeje Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994, urubyiruko ruhagarariye abandi mu karere ka Nyanza...
Igihugu cya Iran cyafashe icyemezo cyo kongera gufunga umuhora wa Strait of Hormuz, nyuma y’igihe gito gishize gitangaje ko wongera gufungurwa. Ibi byatangajwe mu...
Banki y’Isi, yashyize u Rwanda mu bihugu byagaragaje intambwe ishimishije ku rwego mpuzamahanga mu guteza imbere ubushobozi bw’abaturage, hashingiwe ku bipimo byagutse bya Human...
Ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli ku isoko mpuzamahanga byongeye kumanuka, nyuma y’uko Iran itangaje ko ubwato bwambukiranya umuhora wa Hormuz bushobora gukomeza kugenda mu gihe...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere iyoherezwa mu mahanga ry’ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi (NAEB) kiratangaza ko kiri gushyira imbaraga mu gukemura ikibazo cy’iyangirika ry’urusenda cyari...