Amakuru
Mu Mudugudu wa Gikangaga, Akagari ka Gasovu, Umurenge wa Karambi, Akarere ka Nyamasheke hari umuturage witwa Salomon Butera w’imyaka 72 yatawe muri yombi nyuma...
Hi, what are you looking for?
Mu Mudugudu wa Gikangaga, Akagari ka Gasovu, Umurenge wa Karambi, Akarere ka Nyamasheke hari umuturage witwa Salomon Butera w’imyaka 72 yatawe muri yombi nyuma...
Igikorwa cy’ubusabane bwa Abayisilamu bo mu Rwanda na Perezida wa Repubulika Paul Kagame cyiswe ‘Meet The President’, cyabaye kuri uyu wa 25 Werurwe 2026...
Abayisilamu bo mu Rwanda bagaragaje ko bishimiye uruhare Perezida wa Repubulika Paul Kagame yagize mu kubasubiza uburenganzira n’agaciro bari baratakaje mu bihe byashize. Ibi...
Abayobozi b’Ingabo z’u Rwanda (RDF) n’iza Tanzania (TPDF) bagaragaje ko ari ngombwa gushyiraho ingamba zihuse zo guhangana n’ubucuruzi bwa magendu n’ibindi bikorwa binyuranyije n’amategeko...
Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR) yatangaje ko inoti zimwe z’amafaranga y’u Rwanda zigiye guhagarikwa gukoreshwa mu buryo busanzwe, hashingiwe ku Iteka rya Perezida Nº11/01...
Ikigo cyo muri Brésil cyitwa Planner Corretora de Valores SA kigiye gutangira gushyira mu bikorwa umushinga wa ‘Gako beef processing plant’, ugamije guteza imbere...
Ghana iri gushaka inkunga mpuzamahanga mu Muryango w’Abibumbye kugira ngo hashyigikirwe umushinga w’icyemezo ugamije kwemera ko ubucakara bwambukiranyaga inyanja ya Atlantika ari kimwe mu...
Joseph Kabila wayoboye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuva muri 2001 kugeza muri 2019, yatangaje ko afite impungenge zikomeye ku byerekezo igihugu cye kirimo...
Ubwanditsi Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, anenge abayobozi batita ku nshingano zabo bakumva ko ari ibintu bisanzwe bakiregura basaba imbabazi bavuga ko bibagiwe, agaragaza...
Minisitiri w’Intebe, Justin Nsengiyumva, yasabye abayobozi mu nzego zitandukanye kurushaho kwegera abaturage, bakamenya ibibazo bibugarije ndetse bagashakira ibisubizo ku gihe, cyane cyane mu rwego...
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Habimana Dominique, yasabye inzego za Leta n’izegerejwe abaturage kongera imbaraga mu kunoza imikorere no gukorana neza, kugira ngo serivisi zihutishwe kandi...
Lionel Jospin, wabaye Minisitiri w’Intebe w’u Bufaransa ku ruhande rw’abasosiyalisiti, agashyiraho gahunda y’amasaha 35 y’akazi ku cyumweru kandi akagira uruhare mu guhagarika igihano cy’urupfu,...
Raporo y’isesengura ry’imihigo y’uturere yashyizwe ahagaragara n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibarurishamibare mu Rwanda (NISR), igaragaza uko uturere twitwaye mu mwaka wa 2024/2025, inatanga ishusho y’uko...
Ibihe byiza mwe mwese mudahwema kudukurikira umunsi kuwundi, nizere ko aho muri mubice bitandukakanye by’igihugu cy’u Rwanda mukomeje kumererwa neza. Muri iki cyumweru dusoje...
Hari ababyeyi banengwa gutererana abagore babo mu kwita ku mwana wabo warwaye indwara yo mu mutwe bita down syndrome. Bibukiranya ko n’ubwo umwana nk’uwo...