Amakuru
Ubwanditsi Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, anenge abayobozi batita ku nshingano zabo bakumva ko ari ibintu bisanzwe bakiregura basaba imbabazi bavuga ko bibagiwe, agaragaza...
Hi, what are you looking for?
Ubwanditsi Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, anenge abayobozi batita ku nshingano zabo bakumva ko ari ibintu bisanzwe bakiregura basaba imbabazi bavuga ko bibagiwe, agaragaza...
Minisitiri w’Intebe, Justin Nsengiyumva, yasabye abayobozi mu nzego zitandukanye kurushaho kwegera abaturage, bakamenya ibibazo bibugarije ndetse bagashakira ibisubizo ku gihe, cyane cyane mu rwego...
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Habimana Dominique, yasabye inzego za Leta n’izegerejwe abaturage kongera imbaraga mu kunoza imikorere no gukorana neza, kugira ngo serivisi zihutishwe kandi...
Lionel Jospin, wabaye Minisitiri w’Intebe w’u Bufaransa ku ruhande rw’abasosiyalisiti, agashyiraho gahunda y’amasaha 35 y’akazi ku cyumweru kandi akagira uruhare mu guhagarika igihano cy’urupfu,...
Raporo y’isesengura ry’imihigo y’uturere yashyizwe ahagaragara n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibarurishamibare mu Rwanda (NISR), igaragaza uko uturere twitwaye mu mwaka wa 2024/2025, inatanga ishusho y’uko...
Ibihe byiza mwe mwese mudahwema kudukurikira umunsi kuwundi, nizere ko aho muri mubice bitandukakanye by’igihugu cy’u Rwanda mukomeje kumererwa neza. Muri iki cyumweru dusoje...
Hari ababyeyi banengwa gutererana abagore babo mu kwita ku mwana wabo warwaye indwara yo mu mutwe bita down syndrome. Bibukiranya ko n’ubwo umwana nk’uwo...
Umukozi ukorera Minisiteri y’Umutekano w’Imbere mu Gihugu muri Afurika y’Epfo, Boitumelo Shounyane, ari gukorwaho iperereza ku byaha akekwaho byo gutanga Visa mu buryo bunyuranyije...
Iran yarashe umujyi wo mu Majyepfo ya Israel witwa Dimona ikoresheje misile, bikomeretsa nibura abantu 47. Intego isa n’iyari igamijwe ni ikigo cya nikileyeri...
Kuri uyu wa 21 Werurwe 2026, Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni na Perezida wa Kenya William Samoei Ruto batangije ku mugaragaro umushinga wo...
Bamwe mu bakobwa bakiri bato babyariye mu mihanda yo mu Mujyi wa Kigali baravuga ko ubuzima barimo muri iki gihe cy’imvura nyinshi bukomeje kuba...
Madamu Jeannette Kagame yongeye kwibutsa ko abagore bafite uruhare rukomeye mu iterambere ry’igihugu, abasaba kurushaho guhindura imitekerereze n’imikorere kugira ngo bagire uruhare rufatika mu...
Ibiza ni kimwe mu bibazo bihangayikishije kandi bikomeje gutwara ubuzima bw’abantu mu bice bitandukanye by’igihugu, ariyo mpamvu leta ikomeje ubukangurambaga mu rwego rwo kwirinda...
Jeanne d’Arc Munezero Guverineri wa Banki Nkuru y’u Rwanda, Soraya Hakuziyaremye, yahumurije abaturage bibazaga ku kibazo cy’intambara ya Iran na Amerika, yavuze ko kugeza...
Jackson Kwizera Amakuru y’umunyeshuri bikekwa ko yakuyemo inda bikamugiraho ingaruka zikomeye, yamenyekanye mu masaha y’ijoro ahagana saa yine n’igice (22h34) ku wa Gatatu, tariki...