Amakuru
Jackson Kwizera Guverinoma y’u Rwanda yashyize imbaraga mu kuvugurura imiyoboro ishaje itanga amazi no guteza imbere isuku n’isukura mu mijyi hirya no hino mu...
Hi, what are you looking for?
Jackson Kwizera Guverinoma y’u Rwanda yashyize imbaraga mu kuvugurura imiyoboro ishaje itanga amazi no guteza imbere isuku n’isukura mu mijyi hirya no hino mu...
By Rene Anthere Rwanyange Rwanda’s financial sector remained resilient in 2025, sustained by a favourable macroeconomic environment and robust institutional performance, the latest Monetary...
Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana, yatangaje ko hifuzwa ko ibigo by’amashuri bigira n’amavuriro y’ibanze azafasha mu kwita ku buzima bw’abanyeshuri. Ati: “Turifuza ko ibigo...
Ababyeyi ndetse n’abakuru muri rusange bakora ibishoboka byose ngo abana babo bazavukane ubuzima bwiza, buzira imirire mibi n’igwingira, ibi bigatuma bakora cyane kugira ngo...
Panorama Abunganira u Rwanda mu rubanza ruregamo u Bwongereza bagereranyije imyitwarire y’u Bwongereza n’umucuruzi, abonye ko atazabona ibyo yashakaga, agatangira gutota uwo bagirana amasezerano...
Tariki ya 18 Werurwe uyu mwaka mu Ntara y’Amajyepfo mu Karere ka Nyanza hateraniye Inama y’Ubujyanama ku Rwego rw’Intara y’Amajyepfo kubufatanye na World Vision...
Jackson Kwizera Kuri uyu wa Gatatu, u Rwanda n’u Bwongereza byahuriye mu rukiko mpuzamahanga ruri i La Haye (The Hague), mu Buholandi, Leta y’u...
Akagari ka Nzove kari mu Murenge wa Kanyinya, mu Karere ka Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali. Ni kamwe mu duce dukunze kuvugwaho imiterere idasanzwe...
Bamwe mu bagenzi batega abamotari mu bice bitandukanye by’igihugu bavuga ko babangamiwe n’umwanda ukabije abamotari bafite batibagiwe n’amamoto yabo ariko bakabura uko babigenza kuko...
Intambara ikomeje guhuza Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Israel na Iran imaze ibyumweru bibiri n’igice itangiye, kuko yatangiye ku wa 28 Gashyantare 2026. Muri...
Hari ubushakashatsi buherutse gutangazwa n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima buvuga ko 42% by’abatuye isi bafite amenyi arwaye mu buryo runaka. Abo barimo benshi...
Ku Isi hose usanga abantu bafite imico itandukanye mu mibereho ya buri munsi, harimo n’uburyo bafata ibijyanye no kurya. Hari aho gusigaza ibiryo ku...
Mu Mudugudu wa Gakoni, Akagari ka Karama mu Murenge wa Ruhashya, mu Karere ka Huye, habaye imvururu ubwo abayobozi b’inzego z’ibanze bari bagiye gukora...
U Rwanda rwashyizeho politiki nshya yorohereza ingendo ku Banyafurika bose, aho abaturage b’ibihugu bigize Umuryango w’Ubumwe bw’Afurika (AU) bemerewe kwinjira mu gihugu bidasabye visa....