Amakuru
Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’ubuhanzi Dr Abudallah Utumatwishima wari umushyitsi mukuru mu munsi wo kwizihiza akamaro k’ururimi kavukire yasabye REB kureba uko yasubizaho isomo ryo...
Hi, what are you looking for?
Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’ubuhanzi Dr Abudallah Utumatwishima wari umushyitsi mukuru mu munsi wo kwizihiza akamaro k’ururimi kavukire yasabye REB kureba uko yasubizaho isomo ryo...
Mu bice bitandukanye by’igihugu hakomeje kuvugwa itangwa rya service itanoze aho abaturage bagira ibyo bakwa kugirango bagire icyo bafashwa. Ni mugihe raporo ya Transparency...
Igazeti ya Leta ya y’u Rwanda Official Gazette of the Republic of Rwanda yasohotse ku wa 23 Gashyantare 2026 yemeje ibiciro bishya by’ubwisungane mu...
Mu Kagari ka Cyunuzi mu Murenge wa Kirehe haherutse kubera impanuka yakozwe n’ikamyo yarenze umuhanda, ihitana umuntu bigakekwa ko yatewe n’umunaniro wa shoferi. Yahitanye...
Richard Ilunga uyobora Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibarurishamibare muri DRC yahawe urutonde rw’abaherutse kwitabira amatora ngo azarukoreshe mu gutangira gutegura indangamuntu igenewe abaturage. Ni urutonde...
Umugabo wari witwaje imbunda yo mu bwoko bwa shotgun yarashwe mu rukerera rwo kuri iki Cyumweru, nyuma yo kwinjira mu buryo butemewe mu gace...
CIP Wellars Gahonzire, Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Mujyi wa Kigali avuga ko urwego akorera rwababajwe kandi rufashe mu mugongo umuryango wa CSP...
Perezida wa Brazil Luiz Inácio Lula da Silva avuga ko icyerekezo cya Perezida wa Venezuela kigomba gushyirwaho n’abaturage ba Venezuela kandi ko kitagomba kwivangwamo...
Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, ku wa Gatandatu yafunguye ku mugaragaro Imurikagurisha ngarukamwaka ry’Ubuhinzi ribera i Paris, ku nshuro ya mbere mu mateka rikaba...
Jackson Kwizera Abagore bo mu rugaga rw’Umuryango FPR Inkotanyi mu murenge wa Kimihurura bashyize imbaraga mu kurwanya amakimbirane mu miryango, banatanga ubufasha ku bagore...
Abahanzi bazaririmba muri ibi bitaramo ni Bushali, Bwiza, Kenny Sol, Kivumbi King, Dj Marnaud, Symphony Band na Ruti Joel uzaba ubigaragayemo ku nshuro ya...
Hadja Lahbib, Komiseri ushinzwe gukemura ibibazo, n’inkunga mu Muryango w’Ubumwe bw’Uburayi yahuye n’abayobozi ba AFC/M23. Ni nyuma yo guhura n’Abakuru b’ibihugu byo mu Karere,...
Panorama Sports Umuhungu muto wa Perezida wahoze ayobora Zimbabwe, Robert Mugabe, yafashwe na Polisi yo muri Afurika y’Epfo ku wa Kane, akurikiranweho kurasa umukozi...
Jackson Kwizera Intara y’Iburengerazuba irangwa n’imisozi miremire kandi ihanamye, ku buryo iyo imvura iguye amazi amanuka ari menshi, rimwe na rimwe agateza inkangu, hanyuma...
Jackson Kwizera Ku wa Kane, tariki ya 19 Gashyantare 2026, muri Village Urugwiro, Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yakiriye intumwa zitandukanye zo mu nzego...