Amakuru
Perezida w’u Rwanda yavuze ko hari abantu n’ibihugu bashyiraho ibipimo byo gupima agaciro k’ibindi bihugu, agasanga ibyo bitari bikwiye. Ashimangira ko u Rwanda rudakwiye...
Hi, what are you looking for?
Perezida w’u Rwanda yavuze ko hari abantu n’ibihugu bashyiraho ibipimo byo gupima agaciro k’ibindi bihugu, agasanga ibyo bitari bikwiye. Ashimangira ko u Rwanda rudakwiye...
Bamwe mu bagabo bakoraga imirimo yo gucukura imva no gushyingura abapfuye mu irimbi rya Rugarama Cemetery, riherereye mu Murenge wa Nyamirambo mu Karere ka...
Minisitiri w’Intebe Dr Nsengiyumva Justin yageze mu mujyi wa Arusha mu gihugu cya Tanzania, ahagarariye Perezida Paul Kagame mu Nama ya 25 isanzwe y’Abakuru...
Ingabo z’u Rwanda -RDF na Polisi y’u Rwanda -RNP, mu itangazo bashyize ahagaragara bavuga ko bagiye gutangiza ibikorwa byihariye bigamije gufasha abaturage mu mibereho...
Brazil iri mu bihugu byo ku mugabane wa Amerika y’Amajyepfo bifite umubare munini w’abafungwa, cyane cyane abakatiwe kubera ibyaha bikomeye birimo urugomo n’ubucuruzi bw’ibiyobyabwenge....
Ambasaderi wa Iran muri Egypt yatangaje ko igihugu cye kitigeze gisaba ibiganiro na America bigamije guhagarika intambara iri gukaza umurego mu Burasirazuba bwo Hagati....
Mu mezi menshi ashize, ingabo za Sudani ziri kugerageza gusubiza inyuma umutwe w’ingabo zirwanya Leta witwa Forces de soutien rapide (FSR) cyangwa Rapid Support...
Hashize iminsi mike mu Burasirazuba bwo Hagati hadutse umwuka mubi w’intambara ihuza Iran na America itanyije na Israel, aho ibitero bikomeye by’intwaro zirimo misile...
Mu mwaka wa 2025, ubukorikori bwinjirije impunzi zicumbikiwe mu Rwanda amafaranga y’u Rwanda agera hafi kuri Miliyoni Frw 50. Yabonetse binyuze mu kuboha imitako...
Imiryango y’abasore b’Abanya-Kenya bashutswe bakajyanwa kurwana ku ruhande rw’u Burusiya mu ntambara irwana na Ukraine, ku wa kane yakoze imyigaragambyo mu murwa mukuru wa...
Abagize Inteko Ishinga Amategeko ya Amerika biyemeje kutazitambika ibyemezo bya Trump ku bijyanye n’intambara ya Iran. Byemejwe nyuma y’uko Inteko Ishinga Amategeko umutwe w’Abadepite...
Abageze mu zabukuru mu Karere ka Ruhango babwiye Meya ko ibyiciro by’amafaranga ya Mituweli babarizwamo bikwiye kugendera ku bushobozi bwabo. Bavuga ko badashobora gukora...
Minisitiri ushinzwe Ibikorwa by’Ubutabazi, Rtd Gen Maj Albert Murasira, yasabye Abanyarwanda gufata ingamba zo kwirinda ingaruka z’ibiza bishobora guterwa n’imvura nyinshi y’Itumba imaze iminsi...
Jeanne d’Arc Munezero Umuryango Nyafurisha Utsura Ubuziranenge (ARSO) utangaza ko ukomeje gushaka uburyo bwo gushyiraho ibwiriza rimwe ry’ubuziranenge rihuriweho ku rwego rw’Umugabane wa Afurika,...
Mu karere ka Gisagara mu murenge wa Save ku munsi w’umuhinzi, abahinzi bagaragarijwe imbuto z’ibigori z’indobanure zirimo WH 507 na WH 301, ndetse banashishikarizwa...