Amakuru
Mu rwego rwo gukoresha neza ubutaka, ubuyobozi bwa Musanze bwasabye abawutuye n’ababiteganya gutangira kubaka inzu zigeretse. Busobanura ko bizatuma uyu mujyi usa neza kurushaho....
Hi, what are you looking for?
Mu rwego rwo gukoresha neza ubutaka, ubuyobozi bwa Musanze bwasabye abawutuye n’ababiteganya gutangira kubaka inzu zigeretse. Busobanura ko bizatuma uyu mujyi usa neza kurushaho....
Jackson Kwizera Minisiteri y’Ikoranabuhanga na Inovasiyo yatangaje ko gahunda yo gutanga Indangamuntu koranabuhanga (e-Ndangamuntu) igeze ku ntambwe ishimishije, aho abaturage 1.828.763 bamaze gufotora no...
Jackson Kwizera Indege ya American Airlines yo mu bwoko bwa Boeing 737 MAX 8 yabonetseho umwobo usa n’uwatewe n’isasu nyuma y’urugendo rugana i Medellín...
Umugaba w’Ingabo z’u Rwanda zirwanira ku Butaka, Major General Vincent Nyakarundi, uyu munsi yatangiye uruzinduko rw’akazi mu Ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique. We...
Umugaba w’ingabo z’u Rwanda zirwanira ku Butaka, Major General Vincent Nyakarundi, ari mu ruzinduko rw’akazi mu Ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique ngo aganire...
Umunyamakuru Mukamabano Gloria wakorega RBA na Uncle Austin wakoreraga radio Kiss FM basezeye ku mirimo bakoraga. Mukamabano wari umaze imyaka icyenda akorera Urwego rw’Igihugu...
Imirwano ihanganishije umutwe wa AFC/M23 n’ihuriro rya Wazalendo rifatanyije n’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) ikomeje gukaza umurego mu turere twa Masisi...
Abanyafrika barenga 1,700 bamaze kujya mu gisirikare cy’Uburusiya barwana mu ntambara ibuhuza na Ukraine. Ibi byatangajwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Ukraine, Andrii Sybiha,...
Igitero cy’indege nto z’intambara zitajyamo abapilote izizwi nka drone cyagabwe mu rukerera rwo ku wa kabiri hafi y’i Rubaya, mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira...
Mu bitaro bya Rilima, ROSH, Ste Marie bizobereye mu kuvura amagufa n’ingingo biri mu Karere ka Bugesera byizihije Umunsi Mpuzamahanga wahariwe Abarwayi. , Dr....
Abashyigikiye umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda, Kizza Besigye, baravuga ko bahangayikishijwe n’ubuzima bwe buri kugenda bwangirika uko iminsi igenda ishira. Besigye amaze igihe...
Ibihugu bituranyi by’u Rwanda bikomeje ku mungwa na ruswa hashingiwe kuri raporo yasohowe na Transparency International Rwanda, aho U Burundi buri ku mwanya wa...
Amakuru dukesha BBC News Gahuzamiryango aravuga ko Lt Col Willy Ngoma, wari umuvugizi w’igisirikare cy’umutwe wa AFC/M23, yaba yishwe n’igitero cy’indege nto z’intambara zitagira...
Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’ubuhanzi Dr Abudallah Utumatwishima wari umushyitsi mukuru mu munsi wo kwizihiza akamaro k’ururimi kavukire yasabye REB kureba uko yasubizaho isomo ryo...
Mu bice bitandukanye by’igihugu hakomeje kuvugwa itangwa rya service itanoze aho abaturage bagira ibyo bakwa kugirango bagire icyo bafashwa. Ni mugihe raporo ya Transparency...