Amakuru
Umugabo witwa Shoji Morimoto w’imyaka 40 y’amavuko wo mu Buyapani, mu 2018 yatangije umushinga wo kumukodesha kugira ngo mwirirwane ariko nta kindi kintu umwitezeho....
Hi, what are you looking for?
Umugabo witwa Shoji Morimoto w’imyaka 40 y’amavuko wo mu Buyapani, mu 2018 yatangije umushinga wo kumukodesha kugira ngo mwirirwane ariko nta kindi kintu umwitezeho....
Jackson Kwizera Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, atangaza ko Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwo kurwanya iterabwoba mu Ntara ya...
Jackson Kwizera Dubai yazimije inkongi y’umuriro hafi y’ikibuga cy’indege cyayo ihagarika by’agateganyo ingendo z’indege, mu gihe Donald Trump yavuze ko Iran ishaka kuganira. Isiraheli...
Nk’uko bimaze iminsi bimeze mu Rwanda, Kenya nayo iri kugusha imvura nyinshi ku buryo imyuzure yateje imaze guhitana abantu 66 abandi 2000 bahungishwa ingo...
Ibihe byiza mwe mwese mudahwema kubana natwe mu makuru yose tubagezaho umunsi kuwundi kuri uru rubuga, muri iki cyumweru dusoje habaye ibintu byinshi bitandukanye,...
Ikigo cy’itumanaho MTN Rwanda cyatangaje ko mu mwaka wa 2025 cyungutse bishimishije nyuma yo guhomba mu mwaka wa 2024. Kuri iyi nshuro, iki kigo...
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Jamaica, Antonette Wemyss-Gorman, yashimiye uruhare rw’Ingabo z’u Rwanda zagiye gutanga ubufasha muri iki gihugu nyuma y’ingaruka zatewe n’inkubi y’umuyaga yiswe...
Umuyobozi Mukuru wa Polisi muri Nigeria, Olatunji Ridwan Disu, yasabye abaturage guhindura imyumvire bafite ku banyamakuru, abasaba kureka kubafata nk’abasabirizi ahubwo bakabubaha nk’abanyamwuga bafite...
Donald Trump yasabye u Bwongereza n’ibindi bihugu kohereza ubwato bw’intambara mu bunigo bwa Hormuz kugira ngo bufashe kurinda inzira y’ingenzi ikoreshwa mu gutwara ibicuruzwa...
Umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Uganda, Bobi Wine, yatangaje ko yamaze kuva mu gihugu nyuma yo kuvuga ko yari amaze igihe yihishe kubera igikorwa...
Guverinoma ya Rwanda yatangaje ko iri gutegura gahunda yo kwimura amagororero amwe n’amwe asanzwe ari mu mijyi rwagati. Ibi bigamije gutanga umwanya uhagije wo...
Mu minsi mike iri imbere, abakunzi b’umuziki mu Rwanda ndetse n’abo mu bindi bihugu bihana imbibi na rwo bategereje igitaramo gikomeye cyane. Ni igitaramo...
Kigali – Rwanda, hatangijwe gahunda nshya igamije gufasha ibihugu bya Afurika guteganya no guhangana n’indwara zishobora guterwa n’imihindagurikire y’ikirere, yiswe Africa Climate–Health Desk, ikazajya...
Mu Rwanda havuguruwe itegeko rigenga imikoreshereze y’imihanda, risimbura iryari rimaze imyaka irenga 38 rikoreshwa. Iri tegeko rishya ryashyizeho ibihano bikarishye ku batwara ibinyabiziga banyoye...
Abaturage b’Umujyi wa Kigali basabwe kugira uruhare rukomeye mu gukumira no kurandura indwara y’ibisazi by’imbwa, binyuze mu gukingiza imbwa no kuzitaho kugira ngo zitazerera....