Amakuru
By Martin Semukanya For decades, Rwanda—and Rwandans—have carried a quiet but persistent critique: that of an oral society whose story was too often captured,...
Hi, what are you looking for?
By Martin Semukanya For decades, Rwanda—and Rwandans—have carried a quiet but persistent critique: that of an oral society whose story was too often captured,...
Mu Karere ka Rubavu mu Murenge wa Nyamyumba, umudugudu wa Rambo, mu kagari ka Kiraga, Umugabo witwa Habumuremyi Emmanuel w’imyaka 28 afungiwe kuri sitasiyo...
Mu gitondo cyo ku wa 28 Gashyantare 2026, abaturage bo mu murwa mukuru wa Tehran no mu yindi mijyi minini yo muri Iran, irimo...
Umuhanga mu bushakashatsi bw’Umuryango w’abashakashatsi bo mu Butaliyani, Luis Garegnani, yagaragaje impungenge ku makuru akunze gusakazwa ku mbuga za interineti avuga ko kwiyiriza ubusa...
Mu karere ka Bugesera umusore w’imyaka 26 warutuye mu murenge wa Gashora witwaga Ntakirutima Cleophas yasanzwe yapfuye mu rugo rwe ruherereye mu kagari ka...
Mu rwego rwo gukoresha neza ubutaka, ubuyobozi bwa Musanze bwasabye abawutuye n’ababiteganya gutangira kubaka inzu zigeretse. Busobanura ko bizatuma uyu mujyi usa neza kurushaho....
Jackson Kwizera Minisiteri y’Ikoranabuhanga na Inovasiyo yatangaje ko gahunda yo gutanga Indangamuntu koranabuhanga (e-Ndangamuntu) igeze ku ntambwe ishimishije, aho abaturage 1.828.763 bamaze gufotora no...
Jackson Kwizera Indege ya American Airlines yo mu bwoko bwa Boeing 737 MAX 8 yabonetseho umwobo usa n’uwatewe n’isasu nyuma y’urugendo rugana i Medellín...
Umugaba w’Ingabo z’u Rwanda zirwanira ku Butaka, Major General Vincent Nyakarundi, uyu munsi yatangiye uruzinduko rw’akazi mu Ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique. We...
Umugaba w’ingabo z’u Rwanda zirwanira ku Butaka, Major General Vincent Nyakarundi, ari mu ruzinduko rw’akazi mu Ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique ngo aganire...
Umunyamakuru Mukamabano Gloria wakorega RBA na Uncle Austin wakoreraga radio Kiss FM basezeye ku mirimo bakoraga. Mukamabano wari umaze imyaka icyenda akorera Urwego rw’Igihugu...
Imirwano ihanganishije umutwe wa AFC/M23 n’ihuriro rya Wazalendo rifatanyije n’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) ikomeje gukaza umurego mu turere twa Masisi...
Abanyafrika barenga 1,700 bamaze kujya mu gisirikare cy’Uburusiya barwana mu ntambara ibuhuza na Ukraine. Ibi byatangajwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Ukraine, Andrii Sybiha,...
Igitero cy’indege nto z’intambara zitajyamo abapilote izizwi nka drone cyagabwe mu rukerera rwo ku wa kabiri hafi y’i Rubaya, mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira...
Mu bitaro bya Rilima, ROSH, Ste Marie bizobereye mu kuvura amagufa n’ingingo biri mu Karere ka Bugesera byizihije Umunsi Mpuzamahanga wahariwe Abarwayi. , Dr....