Amakuru
Jeanne d’Arc Munezero Abayobozi bo mu ntara y’Iburasirazuba, bibukijwe kwita ku nshingano zabo, harimo no guhuza imbaraga n’abaturage, ariko by’umwihariko, ikibazo cy’igwingira n’imirire mibi...
Hi, what are you looking for?
Jeanne d’Arc Munezero Abayobozi bo mu ntara y’Iburasirazuba, bibukijwe kwita ku nshingano zabo, harimo no guhuza imbaraga n’abaturage, ariko by’umwihariko, ikibazo cy’igwingira n’imirire mibi...
Abaturage bo mu Karere ka Nyamagabe hamwe n’impunzi zo mu Nkambi ya Kigeme by’umwihariko bashima ko isoko ry’amatungo rya Ryarubondo ryavuguruwe, riba mpuzamahanga rikaba...
Ambasade y’u Rwanda muri Qatar yatangaje ko ibikorwa byayo by’akazi ko biri gukorerwa kuri internet by’agateganyo, bitewe n’uko umutekano uhagaze muri iki gihugu muri...
Ku wa Gatatu, tariki ya 4 Werurwe 2026, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame....
Jackson Kwizera Mu gihe umwuka mubi ukomeje kwiyongera mu Burasirazuba bwo Hagati, kandi hari impungenge ko inzira ya Strait of Hormuz ishobora kumara igihe...
Umunya-Uganda Aleti Crystal, uzwi cyane ku mbuga nkoranyambaga nka TikTok, ari kuvugwa cyane nyuma yo gutangaza ko yatangije umushinga mushya udasanzwe wo gukubita abagabo...
Jackson Kwizera U Bufaransa bugiye kongera intwaro za kirimbuzi mu gihe impaka kuri Iran n’umutekano w’u Burayi zikomeje gukaza umurego. Mu gihe umutekano w’isi...
Minisitiri w’intebe Dr. Justin Nsengiyumva yatumijwe n’Abasenateri ngo azaze abasobanurire ingamba za Guverinoma mu gukemura ibibazo basanze biri mu bworozi aho baherutse gusura hirya...
Ibihugu 12 bigize Umuryango w’Ubukungu w’Ibihugu bya Afurika y’Iburengerazuba, Economic Community of West African States (ECOWAS), bivugwa ko byafashe icyemezo cyo gushinga umutwe mushya...
Perezida wa Repubulika ya Congo-Brazzaville, Denis Sassou Nguesso, w’imyaka 82, yatangaje ko arimo gutegura inzira izafasha urubyiruko kuzayobora igihugu mu gihe kiri imbere, mu...
Panorama Erik Prince washinze umutwe w’abacanshuro wa Blackwater, yagiriye Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika akanaba inshuti ye inama yo kutazakora...
Jackson Kwizera Inzego z’umutekano za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zatangaje ko zaburijemo igitero gikomeye cya drone cyari kigamije kwibasira ikibuga cy’indege cya Bangboka...
Jackson Kwizera Ibiciro bya peteroli ku masoko mpuzamahanga byakomeje kuzamuka ku buryo bugaragara nyuma y’uko Iran’s Revolutionary Guard Corps (IRGC) itangaje ku wa Mbere...
Mu bice bitandukanye by’Akarere ka Gatsibo abaturage barasaba ko bakwegerezwa amazi meza hafi yabo, bagatandukana n’amazi y’ibishanga n’ibinamba bakoresha umunsi kuwundi ibituma barwara indwara...
Guverinoma ya Zimbabwe yatangiye kurekura imfungwa zigera ku 4,000, nyuma y’iteka rya Perezida ritanga imbabazi rusange ku byiciro bimwe by’abakatiwe, mu rwego rwo kugabanya...