Amakuru
Jeanne d’Arc Munezero Polisi y’u Rwanda yatangaje ko uturere twa Bugesera na Rwamagana ari two twibasiwe n’iki kibazo cy’abicwa n’inzoga zitujuje ubuziranenge kuko abagera...
Hi, what are you looking for?
Jeanne d’Arc Munezero Polisi y’u Rwanda yatangaje ko uturere twa Bugesera na Rwamagana ari two twibasiwe n’iki kibazo cy’abicwa n’inzoga zitujuje ubuziranenge kuko abagera...
Abasirikare ba Leta Zunze Ubumwe za Amerika bamaze kugwa mu mirwano iki gihugu kiri kurwana na Irani wageze kuri batandatu. Hari amakuru atangazwa n’ikinyamakuru...
Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi mu Rwanda, Dr. Utumatwishima Abdallah yemera ko mu rubyiruko rudafite akazi, abenshi ari abakobwa. Ubwo yari kuri KT Radio avuga...
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko ibihano byafatiwe bamwe mu bayobozi b’Ingabo z’u Rwanda na Leta Zunze Ubumwe za Amerika bibogamye kandi bitagaragaza ukuri ku...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ibihano bishya bireba Ingabo z’u Rwanda (RDF) n’abasirikare bakuru bane, zibashinja kugira uruhare mu gushyigikira no gufasha umutwe...
Jeanne d’Arc Munezero Bamwe mu banditsi b’ibitabo akaba ari n’ababyeyi barakangurira ababyeyi bagenzi babo gutoza abana umuco wo gusoma ibitabo, kuko ari kimwe mu...
Umuryango w’Abibumbye, United Nations, watangaje ko mu masaha 48 ashize, abaturage benshi baguye mu mirwano yongeye kubura mu majyaruguru ashyira Amajyepfo ya Sudan. Ubutumwa bw’Ingabo...
Nyuma yo kwamagana ibitero bya Iran ku bihugu byo mu burasirazuba bwo hagati, Perezida wa Kenya, William Ruto, yagiye mu majwi y’abamunenga ku mbuga...
Romeo Ngarambe yagizwe Umuyobozi Mukuru w’Ikigo gishinzwe kugenzura no guteza imbere isoko ry’imari n’imigabane mu Rwanda, Capital Market Authority Rwanda (CMA). Yatangiye izi nshingano...
Umuhanda rugarama – karambi uhuza abaturage bo mu turere twa Gatsibo na Kayonza, gusa ngo kuri ubu wuzuyemo ibinogo birimo amazi kubera imvura, bityo...
Televiziyo ya Iran, mu marira menshi, yatangaje urupfu rwa Ayatollah Ali Khamenei, wari Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran. Yavuze ko yiciwe mu gitero cya America...
Muri iki cyumweru, Nyakubahwa Perezida Paul Kagame yakiriye i Kigali Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga Wungirije wa Arabie Saoudite, Waleed bin Abdulkarim El-Khereiji. Ibiro by’Umukuru w’Igihugu...
By Jackson Kwizera Hannah Spencer’s victory speech on becoming the Greens’ fifth lawmaker on Friday barely touched on the environmental issues that have defined...
Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran, Ayatollah Ali Khamenei, yiciwe mu bitero by’indege byagabwe na Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku bufatanye na Israel, nk’uko byemejwe...
Mu Murenge wa Gisenyi mu Karere ka Rubavu habereye impanuka yaguyemo abantu 11. Yabereye mu Mudugudu wa Nyaburanga, Akagari ka Nengo muri Gisenyi ahagana...