Afurika
Perezida wa Madagascar, Michael Randrianirina, yafashe icyemezo cyo gusesa Guverinoma yose y’icyo gihugu, harimo no kwirukana Minisitiri w’Intebe wari uriho. Ibi bikaba byatangajwe n’umuvugizi...
Hi, what are you looking for?
Perezida wa Madagascar, Michael Randrianirina, yafashe icyemezo cyo gusesa Guverinoma yose y’icyo gihugu, harimo no kwirukana Minisitiri w’Intebe wari uriho. Ibi bikaba byatangajwe n’umuvugizi...
Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, kuri uyu wa Kabiri tariki ya 10 Werurwe 2026 yitabiriye inama mpuzamahanga mu murwa mukuru w’u Bufaransa, Paris, igamije...
Panorama Umuvugizi w’Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, Dr. Murangira B. Thierry, asaba abaturage gukomeza kuba maso no kugira amakenga mu byo bakora mu rwego rwo kwirinda...
Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda wungirije ushinzwe ibikorwa, CP Vincent Sano, yabwiye abapolisi bagiye muri Repubulika ya Centrafrique ko imyitwarire iboneye ari yo...
Bamwe mu baturage batuye mu kagari ka Rudogo mu Murenge wa Cyinzuzi mu karere ka Rulindo bavuga ko babangamiwe n’insoresore zicukura amabuye y’agaciro mu...
Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Byumba mu karere ka Gicumbi, bamaze gufata ingeso yo kuzindukira mu tubari tw’ibigage mu gitondo cya kare,...
U Rwanda rwatangiye gukoresha urukingo rushya rwitwa Gardasil 9 rugamije kurinda abantu kwandura virusi ya Human papillomavirus (HPV), izwiho gutera indwara zitandukanye zirimo na...
Jeanne d’Arc Munezero Hari imanza zibaho z’abagabo bohohotera abangavu, muri izi manza hari ubwo ubushinjacyaha butsindwa nyamara byagizwemo uruhare n’ibyiciro bitandukanye harimo inzego z’ibanze,...
Rene Anthere Rwanyange Workplace Sexual Harassment is a form of violence defined as a range of behaviors and practices considered unwanted, unacceptable, inappropriate and...
Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatangaje ko ibabajwe n’impfu z’abantu benshi zabereye mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro bwakorwaga mu buryo butemewe n’amategeko mu kirombe cya...
Muri iki cyumweru turangije, Perezida Paul Kagame yagaragaje uburyo abo mu muryango wa Habyarimana cyane cyane umuhungu we bakomeje gukorera ingendo i Kinshasa muri...
Bamwe mu baturage batuye mu Kagari ka Rutungu, Umudugudu wa Rubira mu Murenge wa Rwimiyaga Sector, bavuga ko bahangayikishijwe n’igikorwa cyo kurandura amasaka bari...
Ubwo u Rwanda rwifatanyaga ni Isi mu kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Abagore, mu Karere ka Nyarugenge habereye umuhango wo gushimira abagore b’indashyikirwa batarengeje imyaka 30....
Kuri iki cyumweru tariki 8 Werurwe 2026, u Rwanda rwifatanyije n’amahanga kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Umugore (International Women’s Day), umunsi ngarukamwaka uba ugamije kuzirikana uruhare...
Mu myaka 32 ishize u Rwanda rwibohoye, igihugu cyageze ku mpinduka zikomeye mu mibereho y’abaturage, cyane cyane mu guteza imbere uburinganire n’ubwuzuzanye hagati y’abagore...