Akarere
Komisiyo y’amatora muri Tanzania yemeza ko ibarura ry’ibyavuye mu matora y’Umukuru w’igihugu n’ay’Abadepite riherutse kuba kugeza ubu ryerekana ko Samia Suluhu Hassan ari we...
Hi, what are you looking for?
Komisiyo y’amatora muri Tanzania yemeza ko ibarura ry’ibyavuye mu matora y’Umukuru w’igihugu n’ay’Abadepite riherutse kuba kugeza ubu ryerekana ko Samia Suluhu Hassan ari we...
Inama y’Ubutegetsi y’Ishuri Nyafurika ry’Imiyoborere bita Africa School of Governance riherutse gutangira imirimo yashyizeho Francis Gatare nka Perezida waryo. Mu nshingano nyinshi yagize, Francis...
Ambasaderi Vincent Karega kuwa Kabiri tariki 28, Ukwakira, 2025 nibwo yagejeje impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri Algeria kuri Abdelmadjid Tebboune uyobora iki gihugu....
Louise Mushikiwabo uyobora Umuryango w’Ibihugu bikoresha Igifaransa (OIF), Louise Mushikiwabo, yakiririye mu Biro bye Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda Amb. Olivier Nduhungirehe bagirana...
Abaturage ba Cuba bari mu kaga ko gusenyerwa cyangwa kwicwa n’inkubi abahanga bise Melissa ifite umuvuduko wa kilometero 100 ku isaha. Waje ukurikiwe n’imvura...
Panorama Inkuru dukesha BBC, ivuga ko Ubushinjacyaha bwa gisirikare i Kinshasa muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo bwasabiye umusirikare w’umukobwa w’ipeti rya ‘Adjudant’ (warrant...
Minisitiri w’Intebe Dr.Justin Nsengiyumva uri muri Leta zunze ubumwe z’Amerika yabwiye Abanyamerika n’abandi bashyitsi bitabiriye umusangiro wateguwe n’Inteko ishinga amategeko ya Amerika icyo u...
Munezero Jeanne d’Arc Kaminuza yigenga ya UNILAK (University of Lay Adventists of Kigali), ishuri ry’amategeko, yegukanye intsinzi ku nshuro ya kabiri yikurikiranya mu marushanwa...
Munezero Jeanne d’Arc Ubushakashatsi bwakozwe na Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah, agaragaza ko ihohoterwa rikorerwa abagore mu ngo rigira uruhare...
Itangazo ry’ubwanditsi bukuru bw’Urukiko rusesa imanza muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo rivuga ko guhera kuri uyu wa Mbere tariki 27, Ukwakira 2025 nta...
Panorama Editorial President Kagame has arrived in Riyadh, for three day official visit, where he is joining global leaders, leading investors and innovators, CEOs...
Perezida Paul Kagame ari i Riyad muri Arabia Saoudite akazahatangira ikiganiro ku byakorwa ngo iterambere rifarika rigerweho kandi ritekanye. Ytabiriye inama yitwa The Future...
Ubuyobozi bwa Gatsibo butangaza ko bibabaje kuba aborozi bashinganisha amatungo yabo bakiri mbarwa kandi bazi neza ko indwara zijya ziyibasira. Muri ko, hari ubukangurambaga...
Minisitiri ushinzwe ibikorwa by’ubutabazi Major General (Rtd) Albert Murasira avuga ko hakenewe amafaranga ahagije mu kubaka ubushobozi bwo gukumira no guhangana n’ibiza n’ingaruka zabyo....
Nirere Madeleine uyobora urwego rw’Umuvunyi yatangaje ko ruherutse kugeza kuri RIB dosiye z’abantu 37 rukekaho ruswa. Ni dosiye zakozwe mu mwaka wa 2024/2025 nk’uko...