Ahandi
Panorama Erik Prince washinze umutwe w’abacanshuro wa Blackwater, yagiriye Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika akanaba inshuti ye inama yo kutazakora...
Hi, what are you looking for?
Panorama Erik Prince washinze umutwe w’abacanshuro wa Blackwater, yagiriye Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika akanaba inshuti ye inama yo kutazakora...
Jackson Kwizera Inzego z’umutekano za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zatangaje ko zaburijemo igitero gikomeye cya drone cyari kigamije kwibasira ikibuga cy’indege cya Bangboka...
Jackson Kwizera Ibiciro bya peteroli ku masoko mpuzamahanga byakomeje kuzamuka ku buryo bugaragara nyuma y’uko Iran’s Revolutionary Guard Corps (IRGC) itangaje ku wa Mbere...
Mu bice bitandukanye by’Akarere ka Gatsibo abaturage barasaba ko bakwegerezwa amazi meza hafi yabo, bagatandukana n’amazi y’ibishanga n’ibinamba bakoresha umunsi kuwundi ibituma barwara indwara...
Guverinoma ya Zimbabwe yatangiye kurekura imfungwa zigera ku 4,000, nyuma y’iteka rya Perezida ritanga imbabazi rusange ku byiciro bimwe by’abakatiwe, mu rwego rwo kugabanya...
Jeanne d’Arc Munezero Polisi y’u Rwanda yatangaje ko uturere twa Bugesera na Rwamagana ari two twibasiwe n’iki kibazo cy’abicwa n’inzoga zitujuje ubuziranenge kuko abagera...
Abasirikare ba Leta Zunze Ubumwe za Amerika bamaze kugwa mu mirwano iki gihugu kiri kurwana na Irani wageze kuri batandatu. Hari amakuru atangazwa n’ikinyamakuru...
Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi mu Rwanda, Dr. Utumatwishima Abdallah yemera ko mu rubyiruko rudafite akazi, abenshi ari abakobwa. Ubwo yari kuri KT Radio avuga...
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko ibihano byafatiwe bamwe mu bayobozi b’Ingabo z’u Rwanda na Leta Zunze Ubumwe za Amerika bibogamye kandi bitagaragaza ukuri ku...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ibihano bishya bireba Ingabo z’u Rwanda (RDF) n’abasirikare bakuru bane, zibashinja kugira uruhare mu gushyigikira no gufasha umutwe...
Jeanne d’Arc Munezero Bamwe mu banditsi b’ibitabo akaba ari n’ababyeyi barakangurira ababyeyi bagenzi babo gutoza abana umuco wo gusoma ibitabo, kuko ari kimwe mu...
Umuryango w’Abibumbye, United Nations, watangaje ko mu masaha 48 ashize, abaturage benshi baguye mu mirwano yongeye kubura mu majyaruguru ashyira Amajyepfo ya Sudan. Ubutumwa bw’Ingabo...
Nyuma yo kwamagana ibitero bya Iran ku bihugu byo mu burasirazuba bwo hagati, Perezida wa Kenya, William Ruto, yagiye mu majwi y’abamunenga ku mbuga...
Romeo Ngarambe yagizwe Umuyobozi Mukuru w’Ikigo gishinzwe kugenzura no guteza imbere isoko ry’imari n’imigabane mu Rwanda, Capital Market Authority Rwanda (CMA). Yatangiye izi nshingano...
Umuhanda rugarama – karambi uhuza abaturage bo mu turere twa Gatsibo na Kayonza, gusa ngo kuri ubu wuzuyemo ibinogo birimo amazi kubera imvura, bityo...