Amakuru
Abagize Inama Njyanama y’Akarere ka Ruhango basabwa kuvana ibikorwa mu mpapuro (raporo) ibikorwa bigamije kuvana abaturage mu bukene bukabije, bakarushaho kubegera kugira ngo bamenye...
Hi, what are you looking for?
Abagize Inama Njyanama y’Akarere ka Ruhango basabwa kuvana ibikorwa mu mpapuro (raporo) ibikorwa bigamije kuvana abaturage mu bukene bukabije, bakarushaho kubegera kugira ngo bamenye...
Umwalimu SACCO organises direct meetings with its members at sector level across different districts in order to sensitize and educate them on its products...
Bamwe mu babyeyi bakora akazi k’ubuganga mu bitaro bya Masaka mu karere ka Kicukiro bifuza ko bashyirirwaho icyumba cyo gusigamo abana babo mu gihe...
Mu Rwanda habarurwa impunzi ibihumbi 134.519, aho 62.2% byazo baturuka mu Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (RDC), 37.2% baturutse mu Burundi mu gihe 0.5%...
Rene Anthere Rwanyange On October 27, 2023, the Non-Governmental Organization, La Benevolencija, presented the 4 year results of the project aimed to strengthening peace...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame avuga ko u Rwanda rwanze guheranwa n’amateka mabi ya Jenoside rwanyuzemo, ko ahubwo rwatekereje kuba igihugu buri wese yakwifuza...
Tariki ya 02/11/2023, u Rwanda rwifatanyije n’isi yose kuzirikana umunsi wo guca umuco wo kudahana abakora ibyaha byibasira abanyamakuru (International Day to End Impunity...
Koperative Intumwa za Huye, abanyamuryango bayo bakora akazi ko gutwara abantu n’ibintu bakoresheje amagare. Abayigize basaga 500 kandi biganjemo urubyiruko. Bamwe muri bo ntibazi...
Mu ntara y’Amajyepfo, ku bufatanye na AEE, hamaze gushingwa amatsinda yo kuzigama no kugurizanya asaga 9000, agizwe n’abanyamuryango ibihumbi 260. Akarere ka Gisagara konyine...
Mu ihuriro rya 16 ry’Umuryango Unity Club Intwararumuri abereye umuyobozi, Madamu Jeannette Kagame, yavuze ko Abanyarwanda badakwiye gutsindwa n’ingeso mbi zirimo ikimenyane, gushaka indonke,...
Abayobozi b’imidugugudu bo mu karere ka Huye barasabwa kuba intangarugero mu kwiteza imbere bahinga, bagira isuku, abo bayobora bakabareberaho bakirinda imvugo ziyobye abaturage harimo...
Abayobozi b’inzego z’ibanze mu karere ka Huye, ab’amakoperative, abakozi bashinzwe gukurikirana umuhigo wa Ejo Heza mu mirenge, basabwa kurushaho kongera ikibatsi mu bukangurambaga basobanura...
Nyuma y’uko uwari Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba, CG (Rtd) Emmanuel Gasana, ahagaritswe ku mirimo ku gicamunsi cyo ku wa 25 Ukwakira 2023, yatawe muri yombi....
Abakozi bashinzwe uburezi mu mirenge igize akarere ka Huye uko ari 14 n’abakozi bashinzwe imibereho myiza, ubukungu n’iterambere ry’abaturage mu tugari bahawe moto zo...
Itangazo ryavuye mu biro bya Minisitiri w’Intebe kuri uyu wa Gatatu tariki ya 25 Ukwakira 2023, rivuga ko CG (Rtd) Emmanuel Gasana wari Guverineri...