Football
Nyuma yo guhabwa ibihumbi 70$ ku mafaranga ikigo Jayrutty Investment East Africa Co. Ltd cyari cyabemereye, Rayon Sports yahise ihemba abakinnyi n’abatoza imishahara y’ukwezi...
Hi, what are you looking for?
Nyuma yo guhabwa ibihumbi 70$ ku mafaranga ikigo Jayrutty Investment East Africa Co. Ltd cyari cyabemereye, Rayon Sports yahise ihemba abakinnyi n’abatoza imishahara y’ukwezi...
Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika, Confederation of African Football (CAF), yafashe icyemezo gikomeye cyo kwambura Senegal igikombe cya Africa yari yaregukanye mu mukino wa...
Panorama Sports Amavubi, yatangaje 31 bazavamo 26 bazifashishwa mu mikino ya FIFA Series 2026 izaba muri uku kwezi kwa Werurwe 2026. Ni urutonde rutabonetsemo...
Panorama Sports Abanyamuryango ba FC Barcelona bemeje ko Joan Laporta i Estruch akomeza kuyobora iyi kipe nyuma yo gutsinda amatora yabaye ku Cyumweru. Kandidatire...
Icyamamare muri ruhago Vinícius Júnior ukomoka muri Brazil, ari kuvugwa cyane mu makuru ajyanye n’isoko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi, nyuma y’inkuru zigaragaza ko ashobora kuva muri Real...
Panorama Sports Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yari mu banyacyubahiro bitabiriye umukino aho yari yicaye mu mwanya w’icyubahiro ari kumwe na Nicolas Sarkozy wayoboye...
Panorama Sports Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, Rwanda Football Federation, ryatangaje ko umutoza w’umwongereza Stephen Constantine yagizwe umutoza mukuru w’Ikipe y’Igihugu y’Abagabo, Rwanda national...
Imikino ibanza ya ⅛ cy’irangiza mu irushanwa rya UEFA Champions League yakinwe mu ijoro ryo ku wa Gatatu tariki ya 11 Werurwe 2026 yasize...
Panorama Sports Abakinnyi batanu b’ikipe y’igihugu y’abagore ya Iran bakina umupira w’amaguru bahawe ubuhungiro muri Australia nyuma yo kuva mu mwiherero w’ikipe yabo wari...
Umunyamakuru wari umaze igihe akora ibiganiro by’imikino kuri Radio/TV10, Ngabo Roben, yahawe inshingano nshya mu FERWAFA aho yinjijwe mu ishami rishinzwe itangazamakuru n’itumanaho. Uyu...
Umunyarwanda witwa Khalifan w’imyaka 17 ari mu Burayi aho azerekanira ko ashoboye hanyuma agashyirwa mu ikipe y’abato ya Manchester United. Iyo kipe ikinwamo n’abatagerengeje...
Umukino wa nyuma w’irushanwa rya Campeonato Mineiro wabereye muri Brésil wahuje amakipe ya Cruzeiro Esporte Clube na Atlético Mineiro, wavugishije benshi inyuma y’imirwano ikomeye...