Imikino
Baryan Manvir na Sturrock Drew bari batwaye Skoda Bavia ari nayo modoka idasanzwe iri muri irushanwa, begukanye uduce tune twose twabaye mu gitondo cy’uyu...
Hi, what are you looking for?
Baryan Manvir na Sturrock Drew bari batwaye Skoda Bavia ari nayo modoka idasanzwe iri muri irushanwa, begukanye uduce tune twose twabaye mu gitondo cy’uyu...
Ishyirahamwe ry’umukino wo gusiganwa ku magare mu Rwanda (FERWACY), ku wa gatatau tariki ya 30 Kanama 2017, ryakiriye impano y’amagare ya siporo n’ibindi bikoresho...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryemeje ko umukino w’igikombe kiruta ibindi mu Rwanda uzabera kuri Sitade Umuganda tariki ya 23 Nzeri 2017, habura...
Team Rwanda Cycling and Africa Rising Women’s Cycling hires an American Ms. Tarah Cole to scout, identify and train women cyclists from Rwanda to...
Mu rwego kurushaho gushaka abana bafite impano ya Basketball, Ishyirahamwe Nyarwanda ry’umukino wa Basketball ku bufatanye na Minisiteri ya siporo n’umuco (MINISPOC) muri ibi...
Sunrise FC mu cyiciro cya mbere mu Rwanda yabonye ubuyobozi bushya, burangajwe imbere na Padiri Patrice Ntirushwa, nyuma y’ubw’inzibacyuho bwari bumazeho umwaka umwe. Mu...
Ikipe ya AS Kigali irimo gutegura irushanwa rishobora kuzahuza amakipe yo mu Rwanda n’andi y’ibigugu muri Afurika, birimo amakipe yo mu bihugu byo mu...
Mu mikino yo kwibohora mu irushanwa ryakoreshejwe n’ishyirahamwe ry’umukino wa Cricket mu Rwanda, ikipe ya Zonic CC niyo yegukanye igikombe, itsinze RCA Development mu...
Bwa mbere mu mateka ya Cricket mu Rwanda hagiye gukinwa irushanwa ry’umunsi wo Kwibohora. Rikaba ari irushanya rizajya ryitabirwa n’abanyarwanda gusa mu buryob wo...
Adrien Niyonshuti ukina nk’uwabigize umwuga muri ‘Team Dimension Data’ yo muri Afurika y’Epfo yegukanye Shampiyona y’u Rwanda y’amagare mu gace ko gusiganwa umuntu ku...
Mu kwezi k’Ugushyingo uyu mwaka, mu irushanwa ryo gusiganwa ku magare “Tour du Rwanda 2017, ku nshuro ya mbere, Akarere ka Bugesera kazasesekaramo iri...
Mu gihe hasigaye umukino umwe ngo shampiyona y’u Rwanda mu mupira w’amaguru igere ku musozo, ikipe ya Kiyovu ubu ihagaze mu manegeka, iteze ibiganza...
Hasigaye imikino ine ku makipe yose ngo shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda igere ku musozo, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 17 Gicurasi 2017,...
Ngoga Martin wari Umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EALA) kuva mu 2015, yamaze kwemezwa n’inteko rusange ya 67 y’Ishyirahamwe ry’umupira...
Intambara y’amagambo ku muyobozi wa FERWAFA, Nzamwita Vincent de Gaulle n’abakiniye ikipe y’igihugu y’umupira w’Amavubi Stars, igejeje aho uyu muyobozi ashinjwa agasuzuguro ndetse asabirwa...