Amakuru
Imibare y’ihuriro ry’abahuriye ku mwuga w’ububumbyi mu Rwanda -COPORWA, igaragaza ko abari muri cyiciro cy’abo amateka agaragaza ko basigajwe inyuma basaga ibihumbi 35,779 mu...
Hi, what are you looking for?
Imibare y’ihuriro ry’abahuriye ku mwuga w’ububumbyi mu Rwanda -COPORWA, igaragaza ko abari muri cyiciro cy’abo amateka agaragaza ko basigajwe inyuma basaga ibihumbi 35,779 mu...
Ikipe y’ingimbi z’u Rwanda (U-13) z’abahungu zegukanye ikigombe cy’Isi mu mupira w’amaguru nyuma yo gutsinda iya Brazil kuri Penaliti (7-6) nyuma yo kunganya igiteko...
Kuri uyu wa gatanu tariki ya 13 Gicurasi 2022, ari na wo munsi wa gatanu w’urubanza rwa Laurent Bucyibaruta, ukurikiranweho icyaha cya Jenoside n’ibindi...
Polisi y’u Rwanda yihanangirije abakora umwuga wo gutwara abagenzi kuri moto bahisha ibirango bya moto bakoresha, bagamije kwica amategeko n’amabwiriza agenga imikoreshereze y’umuhanda, inabibutsa...
Raporo y’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta y’umwaka warangiye mu kwezi kwa 6 umwaka wa 2021 yerekana ko inzego zigenzurwa zikwiye kumvira inama zigirwa n’uru...
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Huye mu murenge wa Maraba bavuga ko bishimira kugira uruhare mu bibakorerwa aho batuye, bagashimira Leta y’ubumwe...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yahagaritse ku mirimo Hon. Bampiriki Edouard, wari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco. Itangazo dukesha Ibiro...
Mu rukerera rwo kuri uyu wa Kane tariki ya 5 Gicurasi 2022, inkangu yaridutse ifunga umuhanda Ngororero – Mukamira, inasenya inzu indwi z’ubucuruzi. Nk’uko...
Umuryango wa Habimana Vianney na Mukasibo Valeria, bitangira ubuhamya ko ubuzima bwabo bwari amakimbirane, ariko umurima w’imboga za Dodo ubabyukiriza urukundo. Ni mu mudugudu...
Bamwe mu bava mu bigo ngororamuco bavuga ko kuba bagororwa ntibabone imiryango ibakira cyangwa ubushobozi bwo gushyira mu bikorwa ibyo bigishijwe, ari kimwe mu...
Umugaba w’ingabo zirwanira ku butaka mu gihugu cya Uganda, akaba n’umujyanama mu bya Gisirikare wa Perezida Yoweli Kaguta Museveni, Gen Muhoozi kaineruga aribaza niba...
Bakoresha, Bakozi bagenzi banjye, bafatanyabikorwa mwese, Tubanje kubifuriza Umunsi Mukuru mwiza w’Umurimo wizihizwa ku isi hose buri tariki ya 01 Gicurasi ya buri mwaka, ...
Mu rwego rwo kwibuka ku nshuro ya 28 Jenoside yakorewe Abatutsi, Umuryango wa Equity Bank waremeye abanyamuryango ba AVEGA Agahozo ubaha ibikoresho byo kudoda...
Buri mwaka, mu butumwa butangwa n’Urugaga rw’amaseindika y’Abakozi mu Rwanda, CESTRAR, basaba Guverinoma y’u Rwanda, binyuze muri Minisiteri y’Umurimo, kwihutisha Iteka rya Minisitiri w’Umurimo...
Nyuma ya Santarafurika na Mozambique, mu bihe biri imbere u Rwanda rushobora kohereza ingabo na Polisi mu bindi bihugu bibiri zikajya gutanga umusanzu mu...