Amakuru
Ku munsi nk’uyu w’itariki ya 12 Mata mu 1994. Leta y’abicanyi yari ikomeje umugambi wayo mubisha wo gutsemba Abatutsi hirya no lıino mu gihugu....
Hi, what are you looking for?
Ku munsi nk’uyu w’itariki ya 12 Mata mu 1994. Leta y’abicanyi yari ikomeje umugambi wayo mubisha wo gutsemba Abatutsi hirya no lıino mu gihugu....
Mu rwego rwo gukomeza guhangana n’Ikwirakwiza ry’icyorezo cya Koronavirusi, Polisi y’u Rwanda yashyizeho uburyo bwo gutanga ubutumwa hifashishijwe utudege tutagira abapilote “Drones”. Mu butumwa...
Minisiteri y’Ubutabera yatangaje ko abantu bagera kuri bane bakurikiranweho gushyira ubuzima mu kaga, binyuze mu guhisha amakuru yari gufasha mu gutahura ubwandu bushya bwa...
Muri bimwe mu byaranze itariki ya 11 Mata 1994 muri Jenoside yakorewe Abatutsi, ubwicanyi bwakomeje gufata umurego mu bice bitandukanye by’igihugu. Ni na wo...
Uyu ni umunsi wa kane w’icyumweru k’icyunamo, cyo kwibuka ku nshuro ya 26 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iyi Jenoside yabaye mu gihe cy’iminsi...
Kuri uyu wa 09 Mata 2020 abakozi b’ibitaro bya Butaro bageneye inkunga igizwe n’ibiribwa imiryango 28 ikennye cyane. Iyo miryango ibarizwa hafi y’Ibitaro bya...
Urugaga rw’amasendika y’abakozi mu Rwanda (CESTRAR) rutangaza ko ruhangayikishijwe na bamwe mu bakoresha batangiye guhagarika by’abateganyo amasezerano bari bafitanye n’abakozi, kubera ingamba zafashwe mu...
Mu gihe u Rwanda n’isi yose bibuka ku nshuro ya 26 Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994, abayobozi bo mu nzego nkuru kandi...
Nyuma y’iminsi ibiri Jenoside yakorewe Abatutsi itangiye gukorwa, ubwicanyi bwarakomeje mu bice bitandukanye by’igihugu ari na ko abanyaburayi bari mu Rwanda bahungishwaga. Nk’uko tubikesha...
Mu gihe kwibuka ku nshuro ya 26 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 bihuriranye no kwirinda icyorezo COVID-19 cyugarije isi, Leta iragira inama abantu gufatana...
Nyuma y’umunsi umwe Jenoside yakorewe Abatutsi itangiye mu Rwanda, tariki ya 8 Mata 1994, ubwicanyi bwarakomeje mu bice bitandukanye by’igihugu, ku rundi ruhande ingabo...
Buri mwaka tariki ya 07 Mata abanyarwanda n’inshuti z’u Rwanda ku Isi yose batangira icyumweru cy’icyunamo cyahariwe kwibuka inzirakarengane z’abatutsi barenga Miliyoni bazize Jenoside...
Kuva tariki ya 07 Mata abaturarwanda, inshuti z’u Rwanda ndetse n’Isi yose muri rusange baratangira icyumweru cyo kwibuka ku nshuro ya 26 Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata...
Mu ijambo rye ritangiza icyumweru cy’icyunamo cyo Kwibuka ku nshuro ya 26 Jenoside yakorewe Abatutsi, ku wa 7 Mata 2020, Perezida wa Repubulika yibukije...
Mu kwibuka ku nshuro ya 26 Jenoside yakorewe Abatutsi, Abanyarwanda barasabwa kwima amatwi abakwirakwiza ibihuha n’abashobora kubabibamo ibitekerezo bipfobya n’ibihakana Jenoside yakorewe Abatutsi, bitwikiriye...