Amakuru
Kuri uyu wa 09 Mata 2020 abakozi b’ibitaro bya Butaro bageneye inkunga igizwe n’ibiribwa imiryango 28 ikennye cyane. Iyo miryango ibarizwa hafi y’Ibitaro bya...
Hi, what are you looking for?
Kuri uyu wa 09 Mata 2020 abakozi b’ibitaro bya Butaro bageneye inkunga igizwe n’ibiribwa imiryango 28 ikennye cyane. Iyo miryango ibarizwa hafi y’Ibitaro bya...
Urugaga rw’amasendika y’abakozi mu Rwanda (CESTRAR) rutangaza ko ruhangayikishijwe na bamwe mu bakoresha batangiye guhagarika by’abateganyo amasezerano bari bafitanye n’abakozi, kubera ingamba zafashwe mu...
Mu gihe u Rwanda n’isi yose bibuka ku nshuro ya 26 Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994, abayobozi bo mu nzego nkuru kandi...
Nyuma y’iminsi ibiri Jenoside yakorewe Abatutsi itangiye gukorwa, ubwicanyi bwarakomeje mu bice bitandukanye by’igihugu ari na ko abanyaburayi bari mu Rwanda bahungishwaga. Nk’uko tubikesha...
Mu gihe kwibuka ku nshuro ya 26 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 bihuriranye no kwirinda icyorezo COVID-19 cyugarije isi, Leta iragira inama abantu gufatana...
Nyuma y’umunsi umwe Jenoside yakorewe Abatutsi itangiye mu Rwanda, tariki ya 8 Mata 1994, ubwicanyi bwarakomeje mu bice bitandukanye by’igihugu, ku rundi ruhande ingabo...
Buri mwaka tariki ya 07 Mata abanyarwanda n’inshuti z’u Rwanda ku Isi yose batangira icyumweru cy’icyunamo cyahariwe kwibuka inzirakarengane z’abatutsi barenga Miliyoni bazize Jenoside...
Kuva tariki ya 07 Mata abaturarwanda, inshuti z’u Rwanda ndetse n’Isi yose muri rusange baratangira icyumweru cyo kwibuka ku nshuro ya 26 Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata...
Mu ijambo rye ritangiza icyumweru cy’icyunamo cyo Kwibuka ku nshuro ya 26 Jenoside yakorewe Abatutsi, ku wa 7 Mata 2020, Perezida wa Repubulika yibukije...
Mu kwibuka ku nshuro ya 26 Jenoside yakorewe Abatutsi, Abanyarwanda barasabwa kwima amatwi abakwirakwiza ibihuha n’abashobora kubabibamo ibitekerezo bipfobya n’ibihakana Jenoside yakorewe Abatutsi, bitwikiriye...
Jenoside yakorewe Abatutsi yarateguwe, bigaragarira mu bikorwa by’ubwicanyi, amagambo y’urwango byayibanjirije, ariko by’umwihariko umugambi wa Jenoside ugaragarira mu buryo ubwicanyi bwatangiriye rimwe mu turere...
Ku mugoroba wo ku wa Gatanu tariki ya 03 Mata 2020, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Bugesera muri Sitasiyo ya Ntarama, yafashe...
Ntarondogoye nk’uko nsanzwe mbigenza iyo nabigennye nibajije utubazo icumi tujyanye n’ibi bihe bya #COVID 19. Hari umutware uherutse kuvuga ngo muri ibi bihe abantu...
Abantu bane mu 102 bari barwaye COVID-19, kuri iki cyumweru tariki ya 5 Mata 2020, basezerewe nyuma yo gukorerwa ibizamini bikerekana ko nta Koronavirusi...
Imiryango ishingiye ku myemerere yo mu Ihuriro ry’abafatanyabikorwa b’akarere mu iterambere yo mu karere ka Nyarugenge, muri ibi bihe hari abagowe na kubona imibereho...