Amakuru
Umwe mu nararibonye z’u Rwanda, urangwa no gucisha make, umuhanga, umunyakuri kandi akaba n’inyangamugayo, Dr Charles Murigande wari Umuyobozi wungirije wa Kaminuza y’u Rwanda...
Hi, what are you looking for?
Umwe mu nararibonye z’u Rwanda, urangwa no gucisha make, umuhanga, umunyakuri kandi akaba n’inyangamugayo, Dr Charles Murigande wari Umuyobozi wungirije wa Kaminuza y’u Rwanda...
Ku manywa yo kuri uyu wa mbere tariki ya 1 Kamena 2020, muri Village Urugwiro, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yakiriye indahiro za bamwe...
Ikigo kigenzura Isoko ry’Imari n’Imigabane ry’u Rwanda (CMA) cyahaye uburenganzira ku nshuro ya mbere ikigo cy’ubucuruzi cyo muri Afurika y’Epfo cyitwa “RH Bophelo Limited” kuza...
Abanyarwandakazi bari mu butumwa bw’amahoro cyangwa abigeze kubujyamo baravuga ko ubunararibonye bw’u Rwanda mu kwivana mu bibazo ari kimwe mu bintu by’ingenzi bibafasha gusohoza...
U Rwanda na Leta Zunze Ubumwe za Amerika biyemeje gushimangira ubufatanye mu bya gisirikare, binyuze mu ivugurura ry’amasezerano yari asanzwe hagati y’ibihugu byombi. Ku...
Bwa mbere mu Rwanda hatangijwe isomero ry’Igiswahili (Maktaba ya Kiswahili) ryashyizwe mu Isomero rusange rya Kigali. Ku ikubitiro ritangiranye ibitabo 416 birimo inyandiko zitandukanye...
Nyuma y’uko Perezida Paul Kagame ahagaritse ku mirimo abari ba Guverineri b’Intara y’Amajyaruguru n’iy’Amajyepfo, kuri uyu wa kabiri tariki 26 Gicurasi 2020; Gatabazi Jean...
Mu Rwanda inzego zitandukanye zifite aho zihuriye na gahunda zo gufasha imiryango kurya neza hagamijwe kurwanya imirire mibi itera igwingira na zimwe mu ndwara...
Dusengiyumva Samuel akomoka mu cyahoze ari Komini Ntongwe, ubu ni mu Karere ka Ruhango. Yarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, afite imyaka 13 gusa....
Afurika ni umwe mu migabane igize Isi. Afurika ni umugabane mwiza, ukize kuri byose. Uyu mugabane wa Afurika ufite Abahanga benshi bashoboye kwandika ibitabo....
Perezida w’inama y’ubuyobozi ya ADEPR, Kayigamba Callixte, aravugwaho kwivanga mu nshingano za Biro Nyobozi, agamije kuyica intege kubera inyungu ze bwite. Aya makimbirane akajije...
Umushinjacyaha Mukuru w’Urwego rwasigariye Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rwa Arusha n’urwa Yougoslavia (IRMCT), Serge Brammertz, yatangaje ko Bizimana Augustin wari ku rutonde rwa ba ruharwa...
Ku munsi mpuzamahanga wahariwe kunywa icyayi, Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) cyashimiye NAEB impano y’icyayi cy’u Rwanda bageneye abaganga n’abandi bakozi. Ni mu rwego rw’uko aba...
Ku wa Kane tariki 21 Gicurasi, Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi yagejeje imbanzirizamushinga y’ingengo y’imari y’igihe giciriritse hamwe n’imibare y’ikigereranyo cy’ingengo y’imari ya 2020/2021-2022/2023, ku Nteko Ishinga Amategeko imitwe...
Ku wa Gatandatu tariki ya 16 Gicurasi 2020, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Huye mu mirenge ya Ruhashya, Tumba na Rusatira yahakoreye...