Amakuru
Abaturage ba Bugesera bavuga ko kuba batagira amazi ari imbogamizi mukwirinda no gukurikiza amambwiriza yo kwirinda ikwirakwinzwa ry’icyorezo cya COVID-19. Ariko hari nabandi bagifite imyumvire...
Hi, what are you looking for?
Abaturage ba Bugesera bavuga ko kuba batagira amazi ari imbogamizi mukwirinda no gukurikiza amambwiriza yo kwirinda ikwirakwinzwa ry’icyorezo cya COVID-19. Ariko hari nabandi bagifite imyumvire...
Zimwe muri gahunda zashyizweho na guverinoma mu gufasha abaturage kwishakamo ibisubizo biri mu miryango zirimo Umugoroba w’ababyeyi n’inshuri z’umuryango. Izi gahunda zihawe imbaraga kandi...
Minisiteri y’Ubuzima yahuguye abapolisi bakorera ku kicaro gikuru cya Polisi y’u Rwanda ku gukumira no kwirinda ikwirakwira ry’icyorezo cya COVID-19. Ni amahugurwa yabereye ku kicaro gikuru...
Imiryango isaga 300 itishoboye yiganjemo abakora uburaya, abakundana bahije ibitsina, abangavu babyariye iwabo ndetse n’ababyeyi bafite abana bari munsi y’imyaka itanu, yaremewe inkunga y’ibiribwa...
Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) wahaye u Rwanda inkunga ya miliyoni 10 z’amayero, ni ukuvuga akabakaba miliyari 10 z’amafaranga y’u Rwanda, azifashishwa mu bikorwa...
Abanyarwanda 12 bari bafungiye muri Uganda mu buryo bunyuranyije n’amategeko, uyu munsi bashyikirijwe Leta y’u Rwanda ku mupaka wa Kagitumba mu karere ka Nyagatare....
Ku wa Mbere taliki 06 Nyakanga 2020, ku kicaro gikuru cy’ingabo z’u Rwanda, Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda bwashyize abasirikare 1,449 mu kuruhuko cy’izabukuru. Muri...
Abakozi b’Ishuri rikuru ry’Imyuga n’Ubumenyingiro (IPRC Ngoma) kuwa 04/07/2020 bashyikirije abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 bo mu karere ka Ngoma amashanyarazi akomoka ku...
Urugamba rw’amasasu rwo kubohora igihugu rwararangiye ariko Kwibohora ni urugendo rukomeje rugana ku cyerekezo cyo kugira u Rwanda rutarangwamo ubukene, rufite ibikorwaremezo byorohereza abaturage...
Padiri Gakirage Jean Bosco ni Umunyarwanda rukumbi w’Umupadiri wo mu Muryango witwa Gomboni Missionaries. Yasabye ikiruhuko i Roma ngo aze mu Rwanda gutanga umusanzu...
Itangazo ryatanzwe na RURA, kuri uyu wa Gatanu tariki ya 3 Nyakanga 2020, rivuga ko guhera ku wa Gatandatu tariki ya 4 Nyakanga 2020...
Ni igikorwa cyateguwe ku bufatanye bw’imiryango itari iya Leta iharanira ubuzima bwiza n’ubutabera yahuje imbaraga ibitewemo inkunga n’Umuryango w’Ubumwe bw’Iburayi (EU) kuva ku wa...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera bwatangaje ko butazihanganira abantu barenga ku mabwiriza yo kwirinda icyorezo cya COVID-19 barimo abakomeje gucuruza inzoga mu tubari, abacuruzi batateganyije...
Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi ivuga ko ariya mafaranga ari Leta ya America yayatanze ikaba yari ihagarariwe n’Ikigega cy’Abanyamerika gishinzwe Iterambere Mpuzamahanga USAID. Amasezerano yasinywe none...
Umushinga Hinga Weze na Equity Bank, ku wa 30 Kamena 2020, bashyize umukono ku masezerano y’imikoranire aho bizafasha abahinzi n’abarozi, koperative z’abahinzi n’ababagezeho imyongeramusaruro kubona...