Amakuru
Umujyi wa Kigali watangaje ko watangiye gusana ruhurura ya Mpazi, iyobora amazi ava ku misozi inyuranye yo muri uyu Mujyi. Ni ibikorwa bizatwara hafi...
Hi, what are you looking for?
Umujyi wa Kigali watangaje ko watangiye gusana ruhurura ya Mpazi, iyobora amazi ava ku misozi inyuranye yo muri uyu Mujyi. Ni ibikorwa bizatwara hafi...
Mu gihe hakomejwe ingamba zo kurwanya icyorezo cya ‘Corona virus’, gahunda ya ‘Guma mu rugo’ yabangamiye imikorere ya bamwe mu batwara abagenzi mu mujyi...
Mu gihe cy’amze atandatu, kuva mu kwezi k’Ukuboza 2020 kugeza mu mpera za Kamenza 2021, ingo zigera ku 5095 zo mu mirenge itanu y’Akarere...
Abahinzi ba kawa mu karere ka Nyaruguru basaba kuba hakongerwa igiciro bajyaga bagurirwaho kikava ku mafaranga 250 kikagera nibura kuri 350Frw ku kilo. Uku...
Sosiyete y’u Rwanda Ishinzwe Ingufu (REG) yasoje imirimo yo kubaka sitasiyo y’amashanyarazi (Electrical substation) ya Nyabihu. Iyi sitasiyo yitezweho gukemura ikibazo cy’amashanyarazi mu turere...
Umuryango Nyarwanda ugamije imibereho myiza n’iterambere ry’umuturage (CSDI), binyuze mu bagenerwabikorwa bo mu turere 9 ukoreramo, hamaze gushingwa amatsinda y’ubwizigame 49, aho buri tsinda...
Ikigo gishinzwe iyoherezwa mu mahanga ry’ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi mu Rwanda, NAEB, gifite umushinga wo kubaka isoko ry’ububiko bugezweho bw’imboga n’imbuto. Ni isoko rizaba rifite...
Ubwato bukozwemo hoteli y’inyenyeri 5 burimo kubakwa mu kiyaga cya Kivu mu Karere ka Karongi buzaba bwuzuye muri uyu mwaka nk’uko ababwubaka babyizeza. Ubu...
Katabagemu na Karangazi ni imwe mu Mirenge igize Akarere ka Nyagatare naho Ryabega kakaba Akagali ko mu Murenge wa Nyagatare, na wo wo mu...
Shoraweze is Rwanda’s crowd farming platform that allows members of the Rwandan diaspora around the world to sponsor a farm. They have selected the...
Ikigega cy’imari ku isi giherutse gutangaza ko abaturage babarirwa kuri milioni 32 bo muri Afurika yo munsi y’ubutayu bwa Sahara byitezwe ko bazisanga mu...
Ikigo cy’imisoro n’amahoro, RRA; cyatangaje ko abarebwa n’umusoro ku mutungo utimukanwa bakwihutira kuwumenyekanisha no kwishyura, kugira ngo birinde gucibwa amande ashobora kurenga 50 ku...
Ubuyobozi bw’ikigo cya Crystal telecom burahumuriza abashoramari bari basanganywe imigabane y’icyo kigo ku isoko ry’imari ko umwanzuro uherutse gufatwa wo gufunga ibikorwa byayo bitazahungabanya...
Aborozi bo mu karere ka Nyagatare baravuga ko barimo gukora ibishoboka byose ngo bongere umukamo w’amata kugira ngo bazahaze ruganda rugiye kubakwa muri aka...
Mu kwizihiza Munsi Mpuzamahanga wahariwe iyubahirizwa ry’uburenganzira bw’umuguzi, bamwe mu bahagarariye abaguzi batangaje ko amafaranga acibwa umuntu wibagiwe sheki, adakoresha ikarita yo ku cyuma,...