Kugira ngo harangizwe urubanza RCA 0004/2018/HC/KIG rwaciwe n’Urukiko Rukuru Nsabimana Sylivestre yatsinzemo Mukanzigiye M. Ghorette, Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga aramenyesha abantu bose ko ku wa mbere tariki ya 18/03/2019 saa tanu z’amanywa (11h00), azasubukuru cyamunara ku gice cy’umutungo utimukanwa wa Ndatimana Urbain na Mukanzigiye M. Ghorette, ufite Nomero 2090, uherereye mu mudugudu wa Murambi, Akagari ka Nyanza, Umurenge wa Gatenga, Akarere ka Kicukiro, Umujyi wa Kigali; kugira ngo hishyurwe amafaranga yategetswe n’urukiko Mukanzigiye M. Ghorette abereyemo Nsabimana Sylivestre.
Cyamunara izabera aho umutungo uherereye.
Uwifuza ibindi bisobanuro yahamagara kuri 0785199911/0782171310.
Bikorewe i Kigali, ku wa 07/03/2019
Me Tuyiringire Gilbert
Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga
Sé












































































































































































