Amakuru
Kwizera Maurice wavukanye impano idasanzwe mu bya tekinike n’ikoranabuhanga yahawe kwiga Amateka n’Ubuvanganzo, arasaba guhindurirwa ishami akiga ibijyanye n’impano ye y’ubuvumbuzi bushingiye ku Ikoranabuhanga. ...
Hi, what are you looking for?
Kwizera Maurice wavukanye impano idasanzwe mu bya tekinike n’ikoranabuhanga yahawe kwiga Amateka n’Ubuvanganzo, arasaba guhindurirwa ishami akiga ibijyanye n’impano ye y’ubuvumbuzi bushingiye ku Ikoranabuhanga. ...
Birababaje kandi biteye agahinda aho umwana w’umukobwa ubu ugeze mu kigero cy’imyaka 15 y’amavuko, yashowe mu busambanyi na mukase kugira ngo akunde abone aho...
Avoir des journalistes professionnels, il faut investir dans le secteur des médias et les aider à atteindre leur potentiel en leur offrant l’opportunité de...
Ni nyuma y’iminsi mike Iribagiza Immaculate, umurinzi w’igihango, asuye itongo ry’iwabo mu Mataba ya Rubengera, hanyuma umuzamu we wanacungaga imwe mu mitungo ye Ntasoni Innocent bakunze...
Komite Mpuzamahanga y’Umuryango utabara imbabare (CICR/ICRC) yateguye ibiganiro nyunguranabitekerezo muri gahunda yayo isanganywe y’ikarishyabwenge ku mategeko mpuzamahanga yubahirizwa mu bihe by’intambara, bihabwa abarimu bigisha...
Kugira abanyamakuru bize kandi neza, ishoramari mu itangazamakuru no korohereza itangazamakuru kugira ngo rigere ku bushobozi ndetse no kubaha amahirwe kubona ibyatuma bakora akazi...
Amateka agaragaza ko Abanyamulenge bavuye mu Rwanda bahunze imisoro y’inka ku ngoma ya Kigeli IV Rwabugili mu kinyejana cya 19 ariko na mbere yaho...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame n’umufasha we bari mu babimburibiye abandi mu kwakira Umukarani w’ibarura mu rugo rwabo ku munsi wa mbere...
Ubuyobozi bwa karere ka Gatsibo bwihanangirije bamwe mu baturage bashaka gukwirakiza amacakubiri muri bagenzi babo babangisha abayobozi b’amakoperative yabo, kuko bisenya. Bwongeraho ko abo...
Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, bo mu Murenge wa Kaduha, Akarere ka Nyamagabe, bavuga ko nubwo bahawe ubutabera ariko bumva mu bihano Bucyibaruta...
Gicurasi 2017- Nyakanga 2022, imyaka isaga itanu irashize urubanza ADEPR iregamo uwahoze ari umuyobozi wayo Past. Sibomana Jean n’uwari umwungirije Past. Thomas Rwagasana (Tom)...
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko hari ibibanza bigera kuri 700 bigiye kwamburwa bene byo bigahabwa abashobora kubyubaka, ndetse ko n’imwe mu mishinga yadindiye...
Muri Guverinoma y’u Rwanda hinjiyemo Minisiteri itari isanzwe ikaba ishinzwe ishoramari rya Leta. Iyi minisiteri ije ikuriye ibigo bishya byagaragaye mu myanzuro y’Inama y’Abaminisitiri...
Kurera abana bafite ubumuga bisaba umuhamagaro, ubwitange ariko kandi bigasaba igihembo kitari gito ku bafite ibigo byita kuri abo bana, bagomba guha abarezi. Aba...
Orpcare Nursery & Primary School ni ishuri rihereye mu ntara y’Iburasirazuba mu karere ka Kayonza, umubyeyi wese yakwifuza kurereramo umwana we agakura afite ubumenyi,...