Amakuru
Minisiteri y’Ubuzima ivuga ko umuvuduko w’ubwiyongere bw’abaturage, uko igihugu kingana ndetse n’ubukungu gifite bitajyana. Politiki yo kuboneza urubyaro. Hakuzimana Alphonse n’umugore we Mukakarara Marie...
Hi, what are you looking for?
Minisiteri y’Ubuzima ivuga ko umuvuduko w’ubwiyongere bw’abaturage, uko igihugu kingana ndetse n’ubukungu gifite bitajyana. Politiki yo kuboneza urubyaro. Hakuzimana Alphonse n’umugore we Mukakarara Marie...
Mu mitegekere ya buri gihugu cyangwa buri ngoma, habamo impinduka mu miyoboerere, hakagira bimwe mu bikurwamo n’ibyongerwamo. Nyuma y’inkuru twabagejeho “Impamvu amwe mu mazina...
Bamwe mu bagore bafite ubumuga butandukanye bahagarariye abandi bo mu murenge wa Rutunga, Akarere ka Gasabo, barahabwa amasomo karishyabwenge ajyanye n’uburyo bakita ku miryango...
Amateka y’u Rwanda agaragaza ko abami bose b’u Rwanda bakomokaga mu muryango umwe wo mu bwoko bw’abanyiginya. Iyo umwami yatangaga yagombaga gusimburwa n’umuhungu we,...
Abantu bavuga ibitandukanye ku binyobwa byongera ingufu. Bamwe bavuga ko ari byiza ndetse ko bifasha umubiri, abandi babishinja ko byangiza ubuzima. Kugira ngo ubungabunge...
Abayobozi b’inzego z’ibanze bakora ibitandukanye n’inyungu z’umuturage babiremereza cyane bihanangirijwe na Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Gatabazi Jean Marie Vianney, ubwo yasuraga Akarere ka Rwamagana, abasaba...
Yifashishije imbugankoranyambaga, umuhanzi w’Umunyarwanga ukoresha inganzo nyarwanda y’umushayayo, Ruremire Focus, ubu usigaye yibera muri Finland, yiyamye bikomeye umugore witwa Mukankiko Sylvie ufatanya na Padiri...
Ubwo hibukwaga abagore n’abana bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi, ku wa 20 Mata 2022, mu karere ka Rwamagana kuva ku wa 7 Mata 2022...
Nyuma y’umukino APR FC yabaye ikipe ya munani ibonye itike ya ¼ cy’Igikombe cy’Amahoro, itsinze Amagaju ibitego 3-0 kuri Stade ya Kigali, mu mukino...
Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano mboneragihugu, Dr Bizimana Jean Damascene, ku wa 21 Mata 2022 mu kwibuka ku nshuro ya 28 Jenoside yakorewe abatutsi, ku...
Ingano y’umunyu n’isukari bikenerwa ku munsi mu mubiri w’umuntu, igenda ihinduka bitewe n’ibyo akora cyangwa se bigaterwa n’uko agenda akura. Isukari irusha umunyu mu...
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’igihugu Gatabazi Jean Marie Vianney, ku wa 20 Mata 2022, yagiriye uruzinduko mu karere ka Rwamagana. Yasuye ibikorwa bitandukanye birimo, ubuhinzi bw’indabo,...
Sinizite (Sinusite) ni indwara yo kubyimbagana no gututumba ibinogo by’izuru (nasal cavities). Iyi ndwara iterwa akenshi na virusi, gusa sizo zonyine kuko na bagiteri...