Football
Ikipe ya Gicumbi FC imaze iminsi yakiririra imikino yayo kuva shampiyona y’uyu mwaka yatangira kubera ikibuga cyayo cyari cyarahagaritswe n’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda...
Hi, what are you looking for?
Ikipe ya Gicumbi FC imaze iminsi yakiririra imikino yayo kuva shampiyona y’uyu mwaka yatangira kubera ikibuga cyayo cyari cyarahagaritswe n’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda...
Mu gihe icyonnyi cy’inzige (Desert Locust) cyagaragaye muri bimwe mu bihugu byo mu karere u Rwanda ruherereyemo, Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi (MINAGRI), irakangurira abaturarwanda kuba...
Bamwe mu bari abarimu mu ishuli rya Lycée de la Sainte Trinité APED, riherereye mu murenge wa Ruhuha mu karere ka Bugesera, birukanwe mu...
Mu gihe hari abaturage bishimira akazi ko gutunganya imihanda babona muri gahunda ya VUP (Vision 2020 Umurenge Programme), ku rundi ruhande hari n’abanenga uburyo...
Ku munsi wa gatatu abakobwa 20 bahatanira ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda 2020 bari mu mwiherero (boot camp) i Nyamata kuri Golden Tulip Hotel,...
Nyuma y’uko inzige zigaragaye mu majyaruguru y’igihugu cya Uganda, u Rwanda rwatangiye gufata ingamba zo guhangana n’inzige zishobora kurugeramo igihe icyo ari cyo cyose....
Inteko rusange ya Sena y’u Rwanda yo ku wa 10 Gashyantare 2020, yasuzumye raporo ya Komisiyo y’Imibereho y’abaturage n’Uburenganzira bwa Muntu, ku isuzuma rya ...
U Rwanda rumaze kohereza impapuro mpuzamahanga mu bihugu umunani zita muri yombi abantu bakurikiranweho kunyereza amafaranga y’u Rwanda asaga miliyari imwe bakayahisha kuri konti...
Umuturage wo mu murenge wa Nyagisozi, Akarere ka Nyanza, yafashwe ashaka guha ruswa umwe mu bakozi b’inzego z’umutekano, igera ku mafaranga y’u Rwanda ibihumbi...
Nyiramutuzo Lea, utuye mu karere ka Kicukiro, Umurenge wa Kigarama, Akagari ka Nyarurama, Umudugudu wa Kamabuye, ufite indangamuntu No 1199670055187069, aramenyesha ko yifuza guhindura...
Ku wa Gatanu tariki ya 07 Gashyantare 2020 mu cyumba cy’inama cya Centre Pastoral Notre Dame de Fatima giherereye mu murenge wa Muhoza, mu...
Ni mu muhango wo gutangiza ku mugaragaro gahunda y’ubukangurambaga bugamije gushishikariza abana kugira umuco wo gusoma, aho ababyeyi n’abarezi bahuriye mu cyumba cy’inama cy’Akarere ka Gasabo ku wa 05...
Ku wa 8 Werurwe 2020, ku munsi mpuzamahanga w’abagore, mu Rwanda hateganyijwe igitaramo cyo gushimira abahanzi bamamaza inganzo yuje umuco nyarwanda haba imbere mu...
Polisi y’u Rwanda yongeye kubakangurira abaturage b’akarere ka Kirehe kwirinda kunywa, gukora no gucuruza inzoga zitujuje ubuziranenge zikomeje kugaragara. Bagaragarijwe ko, usibye kuba zabagiraho...
Abahagarariye urubyiruko rw’abakorerabushake mu karere ka Nyagatare baravuga ko mu 2019 hari ibikorwa bagiye bafashamo abaturage bijyanye no guteza imbere imibereho myiza yabo harimo ...