Amakuru
Mu rukerera rwo ku wa kane tariki ya 29 Kanama 2019, mu murenge wa Cyanika, Akarere ka Nyamagabe, ku bufatanye n’abaturage mu mukwabu wo...
Hi, what are you looking for?
Mu rukerera rwo ku wa kane tariki ya 29 Kanama 2019, mu murenge wa Cyanika, Akarere ka Nyamagabe, ku bufatanye n’abaturage mu mukwabu wo...
Ku wa kabiri tariki ya 27 Kanama 2019, Polisi y’u Rwanda ikorera mu murenge wa Rwimbogo, mu karere ka Rusizi, yafashe umuturage wacururizaga mazutu...
Ikibazo k’imyumvire y’abaturage mu karere ka Burera ku birebana no gutegura indyo yuzuye ku bana no ku mubyeyi utwite byatumye abana bagera kuri 42,9...
Ku wa 27 Kanama 2019 mu ntara y’amagepfo ku magereza Huye, Nyamagabe na Muhanga hatanzwe impamyabumenyi ku bagororwa 475 bize umwuga w’ubwubatsi. Muri abo...
Ibikorwa by’abaganga ba gisirikare byahuje abasirikare b’u Rwanda n’aba Leta zunze ubumwe za Amerika mu rwego rw’ubufatanye bw’imyitozo ya Shared Accord 19, byasojwe hamaze...
Abagore bakarere ka Burera barashinja abagabo babo kutabemerera kwitabira kuri gahunda yo kuboneza urubyaro, nubikoze ugasanga umugabo atabyumva neza aho ahitamo kumuca inyuma akamubyariraho...
Polisi y’u Rwanda itangaza ko ku wa Gatandatu tariki ya 24 Kanama 2019, ku bufatanye n’abayobozi b’inzego z’ibanze, mu murenge wa Kigali, hatahuwe inzu...
“Umugore wubatse urugo cyangwa se umukobwa wishoye mu buraya ntashobora kwiteza imbere kuko atabona umwanya wo kwita ku muryango we no ku bituma ashobora...
Abaturage bo mu murenge wa Kisaro barasaba ko ibyiciro by’ubudehe byo mu cyaro byatandukanwa n’ibyo mu mugi kubera ko ubushobozi bw’imibereho yabo butandukanye. Kubera...
Abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye (UN) bwo kubungabunga amahoro n’umutekano muri Sudani y’Epfo, ku wa Gatandatu tariki ya 24 Kanama 2019,...
Imirenge igize Akarere ka Musanze uko ari 15 yose yahagurukiye urugamba rwo guhangana n’umwanda. Ni nyuma y’uko Intara yose inenzwe n’Umukuru w’igihugu ubwo aheruka...
Ku wa Gatandatu tariki ya 24 Kanama 2019, Polisi yerekanye abagabo babiri bakwaho gucura ibyangombwa byo gutwara ibinyabiziga, impamyabumenyi n’ibindi bitandukanye bakabigurisha abaturage. Polisi...
Umuvugizi wa ADEPR, Pasiteri Karuranga Ephrem, n’itsinda ayoboye ry’abantu bane kuva ku wa mbere tariki 12 kugeza ku wa 23 Kanama 2019 bari mu...
Mu kiganiro Waramutse Rwanda cyatambutse kuri Televiziyo y’u Rwanda mu gitondo cyo ku wa 19 Kanama 2019, kibanze ku mutekano wo mu muhanda, Umuvugizi...
Abaturage bo mu murenge wa Kisaro, akarere ka Rulindo bavuga ko kudasobanukirwa na gahunda y’ibyiciro by’ubudehe, ari byo byabateye gutanga amakuru atari yo, bituma...