Ubuhinzi
Abahinzi bakorera mu gishanga cya Munyazi giherereye hagati y’Imirenge ya Mbazi na Huye mu Karere ka Huye, bagaragaza ko bahangayikishijwe n’amazi y’umugezi ukinyuramo, bavuga...
Hi, what are you looking for?
Abahinzi bakorera mu gishanga cya Munyazi giherereye hagati y’Imirenge ya Mbazi na Huye mu Karere ka Huye, bagaragaza ko bahangayikishijwe n’amazi y’umugezi ukinyuramo, bavuga...
Madamu Jeannette Kagame yongeye kwibutsa ko abagore bafite uruhare rukomeye mu iterambere ry’igihugu, abasaba kurushaho guhindura imitekerereze n’imikorere kugira ngo bagire uruhare rufatika mu...
Mu Karere ka Rusizi, Padiri Uwingabire Emmanuel uyobora ishuri rya GS St Paul Muko, yagaragaje impungenge ku babyeyi baha abana bato cyane telefoni na...
Mufti w’u Rwanda, Musa Sindayigaya, yasabye Abisilamu gukomeza gukora bikorwa byiza no kwirinda gusubira mu byaha nyuma yo gusoza igisibo cya Ramadhan. Ibi yabitangaje...
Isengesho rya Eid al-Fitr ryabaye kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 20 Werurwe 2026, ukwezi gutagatifu kwa Ramadhan, abayisilamu bo mu Rwanda bagisoje bibutswa...
Ibiza ni kimwe mu bibazo bihangayikishije kandi bikomeje gutwara ubuzima bw’abantu mu bice bitandukanye by’igihugu, ariyo mpamvu leta ikomeje ubukangurambaga mu rwego rwo kwirinda...
Ikigo cya Leta Ecofleet Solutions gishinzwe kugenzura imikorere y’imodoka zitwara abagenzi cyatangaje ko kiri gutegura uburyo bushya bw’ikoranabuhanga buzafasha gukurikirana bisi zose zikorera mu...
Ibitaro Bikuru bya Kibungo bikomeje guteza imbere serivisi z’ubuvuzi nyuma yo gushyikirizwa inyubako nshya igenewe abarwayi barembye (ICU) ndetse n’aho kubagira harimo ibikoresho bigezweho,...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yashimiye mugenzi we wa Repubulika ya Congo, Denis Sassou Nguesso, nyuma yo kongera gutorerwa kuyobora iki gihugu....
Leta y’u Rwanda n’iy’u Bwongereza zatangiye kuburanira mu rukiko mpuzamahanga nkemurampaka ruri i La Haye mu Buholandi, mu rubanza rw’amasezerano ajyanye n’abimukira yasinywe hagati...
Ababyeyi ndetse n’abakuru muri rusange bakora ibishoboka byose ngo abana babo bazavukane ubuzima bwiza, buzira imirire mibi n’igwingira, ibi bigatuma bakora cyane kugira ngo...
Mu Karere ka Kayonza, cyane cyane mu Murenge wa Ndego, imvura nyinshi yaguye mu ijoro ryo ku wa Gatatu rishyira ku wa Kane tariki...
Tariki ya 18 Werurwe uyu mwaka mu Ntara y’Amajyepfo mu Karere ka Nyanza hateraniye Inama y’Ubujyanama ku Rwego rw’Intara y’Amajyepfo kubufatanye na World Vision...
Akagari ka Nzove kari mu Murenge wa Kanyinya, mu Karere ka Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali. Ni kamwe mu duce dukunze kuvugwaho imiterere idasanzwe...
Mu ijoro ryo ku wa Kabiri, umuhanzi w’icyamamare ku rwego mpuzamahanga, Doja Cat, yakoze igitaramo gikomeye cyabereye muri BK Arena, aho cyitabiriwe n’abantu benshi,...