Football
Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika, Confederation of African Football (CAF), yafashe icyemezo gikomeye cyo kwambura Senegal igikombe cya Africa yari yaregukanye mu mukino wa...
Hi, what are you looking for?
Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika, Confederation of African Football (CAF), yafashe icyemezo gikomeye cyo kwambura Senegal igikombe cya Africa yari yaregukanye mu mukino wa...
Kuribwa umutwe ni ikibazo gikunze kubaho ku bantu benshi, haba ku bakuru cyangwa ku bato. Hari igihe umuntu abyuka akumva umutwe umuremereye cyangwa ukamurya...
Bamwe mu bagenzi batega abamotari mu bice bitandukanye by’igihugu bavuga ko babangamiwe n’umwanda ukabije abamotari bafite batibagiwe n’amamoto yabo ariko bakabura uko babigenza kuko...
Amakuru aturuka muri Israel avuga ko umwe mu bayobozi bakomeye mu by’umutekano muri Iran, Ali Larijani, ashobora kuba yiciwe mu gitero, nk’uko byatangajwe na...
Intambara ikomeje guhuza Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Israel na Iran imaze ibyumweru bibiri n’igice itangiye, kuko yatangiye ku wa 28 Gashyantare 2026. Muri...
Ku Isi hose usanga abantu bafite imico itandukanye mu mibereho ya buri munsi, harimo n’uburyo bafata ibijyanye no kurya. Hari aho gusigaza ibiryo ku...
Mu Mudugudu wa Gakoni, Akagari ka Karama mu Murenge wa Ruhashya, mu Karere ka Huye, habaye imvururu ubwo abayobozi b’inzego z’ibanze bari bagiye gukora...
U Rwanda rwashyizeho politiki nshya yorohereza ingendo ku Banyafurika bose, aho abaturage b’ibihugu bigize Umuryango w’Ubumwe bw’Afurika (AU) bemerewe kwinjira mu gihugu bidasabye visa....
Umugabo witwa Shoji Morimoto w’imyaka 40 y’amavuko wo mu Buyapani, mu 2018 yatangije umushinga wo kumukodesha kugira ngo mwirirwane ariko nta kindi kintu umwitezeho....
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya wa kabiri ku mugabane wa Afurika mu bihugu bifite abaturage benshi bafite ubumenyi mu by’ikoranabuhanga, rukurikira Botswana iri ku mwanya...
Abaturage batuye mu Kagari ka Gatega mu Murenge wa Hindiro, Akarere ka Ngororero, baravuga ko amaterasi bubakiwe n’umushinga ARCOS yagize uruhare rufatika mu kongera...
Umunyamakuru w’imikino ukunzwe na benshi, Leonidas Ndayisaba, yamaze kwerekeza gukora kuri Radio & TV10 nyuma y’igihe kinini akorera Isibo Radio & TV. Ibi byatumye...
Ibihe byiza mwe mwese mudahwema kubana natwe mu makuru yose tubagezaho umunsi kuwundi kuri uru rubuga, muri iki cyumweru dusoje habaye ibintu byinshi bitandukanye,...
Abaturage bo muri Repubulika ya Congo bari mu matora y’Umukuru w’igihugu, aho Perezida uri ku butegetsi Denis Sassou Nguesso ari mu bakandida bahatanira kongera...
Muri uku kwezi kwa Werurwe, isi yose iri kwibanda ku bukangurambaga bwo kumenyekanisha no kwirinda indwara ya Colorectal Cancer, imwe mu ndwara za kanseri...