Ibitekerezo
Editorial Team As Rwanda enters the final quarter of 2025, the country continues to shoulder a significant share of the region’s humanitarian burden. With...
Hi, what are you looking for?
Editorial Team As Rwanda enters the final quarter of 2025, the country continues to shoulder a significant share of the region’s humanitarian burden. With...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe yifatanyije na Ambasade ya Algeria ikorera i Kigali mu kwizihiza isabukuru y’imyaka 71 ishize iki gihugu kibonye...
Perezida wa FERWAFA, Shema Ngoga Fabrice yabwiye ingimbi zitarengeje imyaka 17 zigiye gukina irushanwa rya CECAFA rizabera muri Éthiopie ko zikwiye kuzatahana intsinzi. Iri...
Ubuyobozi bwa Philippines bwahungishije abaturage 900,000 ngo batagirwaho ingaruka n’inkubi bise Fung Wong iri gusatira iki gihugu kigizwe ahanini n’ibirwa. Bitaganyijwe ko iyo mvura...
Perezida Paul Kagame yongeye kwibutsa abatuye Afurika ko nibadakora ngo bave mu bukene, ntawe uzabibakorera. Yibaza impamvu kuva ubukoloni bwahagarikwa mu myaka irenga 60...
Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame bakiriye muri Village Urugwiro abajyanama ba Perezida wa Amerika mu bijyanye n’imyemere n’indangagaciro n’amahoro. Abo bashyitsi ba...
Komisiyo Ishinzwe Imisifurire muri Federasiyo y’umupira w’amaguru mu Rwanda , FERWAFA, yanzuye ko umusifuzi Karangwa Justin wanze igitego APR FC yatsinze Rutsiro FC akavuga...
Munezero Jeanne d’Arc Ubushakashatsi bw’ikigo gikora ubushakashatsi n’ubusesenguzi ku ngamba zitandukanye (IPAR: Institute of Policy Analysis and Research) bugaragaza ko mu bigo bito n’ibiciriritse...
Minisitiri w’Umutekano Imbere mu Gihugu, Dr. Vincent Biruta yatangaje ko ubufatanye bw’ibihugu bigize umuryango uhuza Polisi zo mu Karere u Rwanda ruherereyemo, Eastern Africa...
Inzego z’umutekano zafunze abatetsi babiri bo ku ishuri ribanza rya Nyarutovu mu Murenge wa Bushenge bari kumwe n’abanyonzi babiri n’umucuruzi bakurikiranywe ho kunyereza ibilo...
Gutaka kw’abatuye Imirenge ya Gikomero, Ndera na Rusororo mu Karere ka Gasabo bavuga ko abajura b’inka babarembeje kwatumye Polisi ikora umukwabo ifata abantu 11...
Kuri uyu wa 03, Ugushyingo, 2025, u Rwanda rwijihije Umunsi Mpuzamahanga wahariwe ibyanya bikomye mu gikorwa cyabereye ku biro by’icyanya gikomye( pariki) cya Gishwati-Mukura...