Amakuru
Minisiteri y’ubutabera ivuga ko imitungo yasizwe na bene yo itabangamira igishushanyombonera icyo ari cyo cyose, kuko ibiteganywa n’itegeko bishyirwa mu bikorwa hagendewe no kukuba...
Hi, what are you looking for?
Minisiteri y’ubutabera ivuga ko imitungo yasizwe na bene yo itabangamira igishushanyombonera icyo ari cyo cyose, kuko ibiteganywa n’itegeko bishyirwa mu bikorwa hagendewe no kukuba...
Hari bamwe abaturage bavuga ko bagira ikibazo cyo kutabasha kumenya amategeko rimwe na rimwe bagakora amakosa runaka bakisanga bahanwa n’itegeko bo bita ko riba...
Polisi y’u Rwanda ku bafatanye n’izindi nzego mu karere ka Rubavu, batwitse ibiro 627 by’urumogi, litiro 11 za Kanyanga n’amacupa 523 y’ikinyobwa kitujuje ubuziranenge...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe amashyamba mu Rwanda (RFA: Rwanda Forestry Authority) kivuga ko hari ubwoko bw’ibiti Abanyarwanda basaba kuba batangira guhinga biva mu mahanga, bagerageje...
Ihohoterwa iryo ari ryo ryose rigira ingaruka zikomeye k’uwarikorewe ndetse n’uwarikoze, ariko rigashegesha cyane uwarikorewe. Aba bombi icyo bahuriraho ni uko bigera aho biyanga,...
Abatuye mu turere twa Rwamagana na Kayonza mu Ntara y’Iburasirazuba barasaba ko inzego zibishinzwe zabakemurira ikibazo cy’ibura ry’amazi meza, cyane cyane muri ibi bihe by’izuba...
Leta y’u Rwanda yirukanye mu gihugu, Umubiligi Vincent Lurquin wari mu Rwanda kuva ku itariki ya 16 Kanama 2021, kubera kwiha uburenganzira bwo gukora umurimo...
Kuva tariki ya 09 Kanama 2021, Umuryango w’Abanyarwanda baba muri Senegal (Association de la Communauté Rwandaise au Sénégal/ACRS) ufite abayobozi bashya nyuma yo gukora...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe Imikurire no kurengera abana cyatangaje ko abana barenga ibihumbi 3000 bamaze gusubizwa mu miryango bavanywe mu bigo by’Imfubyi. Ushingiye ku mibare...
Bamwe mu baturage bakora ubuhinzi bifashisha uburyo bunyuranye bwo kuhira imyaka yabo bemeza ko kuva ubu buryo bwatangira kwifashishwa bwabazamuriye umusaruro wabo kandi butuma...
Hifashishijwe uburyo bw’Ikoranabuhanga, ku wa 19 Kanama 2021, abasoje amasomo muri Kaminuza y’Ubukerarugendo n’Ikoranabuhanga (UTB) bagera ku 1406 barimo abagore bangana na 62% barangije...
Ikigurishwa: Ikibanza cyubatsemo inzuUPI: 4/03/03/04/5924Tariki ya cyamunara: 19-26/08/2021Isaha ya cyamunara: saa tanu z’amanywa (11:00) Aho umutungo uherereye Akagari: RuhengeriUmurenge: MuhozaAkarere: Musanze
Mu mukwabu wo kurwanya ubujura bw’amashanyarazi ukorwa buri gihe na Sosiyete y’u Rwanda ishinzwe ingufu (REG) ifatanyije n’Inzego z’umutekano ndetse n’abaturage, mu ntangiriro z’ukwezi...