Hi, what are you looking for?
Ubuyobozi bw’Akarere ka Huye buvuga ko urubyiruko rwababereye igisubizo cy’uburyo burambye mu gukemura amakimbirane yari yarashegeshe imiryango irenga 400. Bahisemo kwigisha urubyiruko kuko arizo...
Inteko Nyarwanda y’Umuco (RCHA) ifatanyije na PanAfrican Movement Rwanda Chapter bishyigikiwe na Leta y’u Rwanda, baritegura kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Ingoro Ndangamurage n’Umunsi wo Kwibohora...
Kuri uyu wa mbere tariki ya 24 Gicurasi 2021, imikino ya ¼ muri Shampiyona y’umupira w’amaguru “Primus National League” yakomeje, aho Bugesera FC yatinze...
Umurenge wa Rwaniro ni wo Murenge wa nyuma wagejejwemo amashanyarazi mu karere ka Huye. Uyu Murenge ukaba waragejejwemo amashanyarazi mu mwaka wa 2020. Ingo...
Itangazo dukesha Minisiteri y’ingabo z’igihugu, rigaragaza ko mu ijoro ryo ku wa 23 Gicurasi 2021 mu masaa tatu z’ijoro (21:15-21:35), hari igitero cya FLN...
Biteganijwe ko Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron ku wa kane tariki ya 27 Gicurasi 2021 azasura u Rwanda, mu ruzinduko ruzamara iminsi ibiri. Uru...
Umukino wa mbere wa kimwe cya kane wahuje ikipe ya APR FC na Espoir FC yo mu ka Rusizi, wabereye kuri Stade mpuzamahanga ya...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yabwiye abitabiriye Inama Mpuzamahanga ku Buzima “Global Health Summit” ko ibiganiro ku gukorera mu Rwanda inkingo za COVID-19 bigeze...
Ku wa Gatandatu tariki ya 22 Gicurasi 2021, mu Rwibutso rwa Rukumberi mu Karere ka Ngoma hashyinguwe mu cyubahiro imibiri 2500 y’Abatutsi bazize Jenoside...
Imibare y’abana baterwa inda ikomeza kugenda yiyongera n’ubwo hashyirwaho ingamba zo guhangana n’abahohotera abo bana. Intimba niyose ku bana babyaranye na ba se, ntibemere...
Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bugaragaza ko mu bikorwa birenga 7000 byabaruwe ko bigomba gukurwa mu bishanga no mu manegeka hasigayemo 700. Abaturage batujwe mu...
Kugeza mu kwezi kwa Kamena 2022, u Rwanda rwihaye intego yo kuba hamaze gukingirwa abaturage bageze kuri 60%, ariko ubu bageze kuri 5% gusa...
Nyuma y’aho Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron yemeje ko azagirira uruzinduko mu Rwanda mu mpera za Gicurasi uyu mwaka, inararibonye muri dipolomasi na politiki...
Mu gihe bamwe mubarimu bo mu Karera ka Nyagatare bishimira ko bubakiwe amacumbi ku mashuri bigishaho akabafasha gutegura neza amasomo batuje, hari bagenzi babo bagihangayikishijwe n’uko...