Amakuru
Amateka y’u Rwanda agaragaza ko abami bose b’u Rwanda bakomokaga mu muryango umwe wo mu bwoko bw’abanyiginya. Iyo umwami yatangaga yagombaga gusimburwa n’umuhungu we,...
Hi, what are you looking for?
Amateka y’u Rwanda agaragaza ko abami bose b’u Rwanda bakomokaga mu muryango umwe wo mu bwoko bw’abanyiginya. Iyo umwami yatangaga yagombaga gusimburwa n’umuhungu we,...
Abantu bavuga ibitandukanye ku binyobwa byongera ingufu. Bamwe bavuga ko ari byiza ndetse ko bifasha umubiri, abandi babishinja ko byangiza ubuzima. Kugira ngo ubungabunge...
Abayobozi b’inzego z’ibanze bakora ibitandukanye n’inyungu z’umuturage babiremereza cyane bihanangirijwe na Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Gatabazi Jean Marie Vianney, ubwo yasuraga Akarere ka Rwamagana, abasaba...
Yifashishije imbugankoranyambaga, umuhanzi w’Umunyarwanga ukoresha inganzo nyarwanda y’umushayayo, Ruremire Focus, ubu usigaye yibera muri Finland, yiyamye bikomeye umugore witwa Mukankiko Sylvie ufatanya na Padiri...
Ubwo hibukwaga abagore n’abana bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi, ku wa 20 Mata 2022, mu karere ka Rwamagana kuva ku wa 7 Mata 2022...
Nyuma y’umukino APR FC yabaye ikipe ya munani ibonye itike ya ¼ cy’Igikombe cy’Amahoro, itsinze Amagaju ibitego 3-0 kuri Stade ya Kigali, mu mukino...
Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano mboneragihugu, Dr Bizimana Jean Damascene, ku wa 21 Mata 2022 mu kwibuka ku nshuro ya 28 Jenoside yakorewe abatutsi, ku...
Ingano y’umunyu n’isukari bikenerwa ku munsi mu mubiri w’umuntu, igenda ihinduka bitewe n’ibyo akora cyangwa se bigaterwa n’uko agenda akura. Isukari irusha umunyu mu...
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’igihugu Gatabazi Jean Marie Vianney, ku wa 20 Mata 2022, yagiriye uruzinduko mu karere ka Rwamagana. Yasuye ibikorwa bitandukanye birimo, ubuhinzi bw’indabo,...
Sinizite (Sinusite) ni indwara yo kubyimbagana no gututumba ibinogo by’izuru (nasal cavities). Iyi ndwara iterwa akenshi na virusi, gusa sizo zonyine kuko na bagiteri...
Kugira amazi make mu ruganda rutunganya Ikawa yera mu murenge wa Ruli, mu karere ka Gakenke, ni kimwe mu bidindiza imikorere yarwo. Abahinzi ba...
Bamwe mu babyeyi bo mu karere ka Gisagara, mu murenge wa Ndora, barashishikariza urubyiruko kongera guha agaciro, kumva no gukurikiza impanuro z’abakuru. Ibi bibafasha...
Radio BBC yakuriweho ibihano mu Burundi nyuma y’aho yari yarahagaritswe gukorera muri icyo gihugu mu 2018. Ifungurwa rya Radio BBC ni intambwe leta y’u...