Imanza
Ku wa gatatu tariki ya 1 Ukuboza 2021, mu rukiko rw’ubucuruzi rwa Nyamirambo, hasubitswe urubanza RCOM 0334/15/TC/Nyarugenge, urega asabye ko bahindura inteko iburanisha kuko...
Hi, what are you looking for?
Ku wa gatatu tariki ya 1 Ukuboza 2021, mu rukiko rw’ubucuruzi rwa Nyamirambo, hasubitswe urubanza RCOM 0334/15/TC/Nyarugenge, urega asabye ko bahindura inteko iburanisha kuko...
Mu ijoro ryo ku wa 01 ukuboza 2021, mu mujyi wa Muhanga umugore bivugwa ko yicuruza yakatishije mugenzi we ikimene cy’icupa muri nyiramivumbi bapfa...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha -RIB, rubinyujije ku rubuga rwabo rwa Twitter rwatangaje ko Umwanditsi (Greffier) w’Urukiko rw’Ibanze rwa Gisenyi yatawe muri yombi akurikiranweho ibyaha byo...
Bamwe mu babyeyi batwite n’abonsa bo mu karere ka Musanze bavuga ko batagifite impugenge zo kwikingiza COVID-19, kuko basobanukiwe ko batatsinda iki cyorezo batikingije....
Inkotanyi n’abanyarwanda cyane cyane abakuze bari hejuru y’imyaka 35 bazi uko u Rwanda rwari rumeze mu 1995. Ubwo uwa 35 yari afite imyaka 10...
Mu rubanza rukomeje kubera mu Rukiko rwa rubanda (Cour d’Assises) I Paris, Muhayimana Claude yasobanuye urugendo rwe agera mu Bufaransa ndetse n’uko yinjiye mu...
Ku wa Kane tariki ya 25 Ugushyingo 2021 mu kigo cy’imyitozo ya Gisirikare giherereye i Nasho mu Karere ka Kirehe “Nasho Basic Military Training Center” hasojwe imyitozo yari...
Ku wa kane tariki ya 25 Ugushingo 2021, Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima mu Rwanda (RBC), ku bufatanye n’ikigo kita ku ndwara zitandura NCD (Non-Communicable...
The Parliament of Rwanda is set to host the 17th Conference of Speakers and Presiding Officers of the Commonwealth (CSPOC) – Africa Region. The Conference...
Mu karere ka Nyamagabe, Umurenge wa Kamegeri, haravugwa inkuru ibabaje cyane bitewe n’impanuka y’ikamyo yahabereye mu rukerera rw’uyu munsi tariki ya 19 Ugushyingo 2021,...
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yakomoje ku kibazo cy’umuvuduko wo mu muhanda washyinzwe ku kirometero 40 ku isaha mu mujyi wa Kigali, avuga ko...
Umuryango Imbuto Foundation ku bufatanye na Minisiteri y’ubuzima (MINISANTE), kuri uyu wa Kane tariki 18 Ugushyingo 2021, batangije Icyumweru cyo kwita ku buzima bw’umwana...
Bwa mbere mu Rwanda hatangiye gukorwa amarushanwa yo gusoma no kwandika hifashishijwe ibitabo byanditse mu Kinyarwanda ariko byemejwe n’Ikigo cy’igihugu gishinzwe Uburezi -REB. Nubwo...