Amakuru
Ku wa Kabiri tariki ya 06 Nzeri 2022, Polisi y’ u Rwanda, ishami rishinzwe kurwanya inkongi n’ubutabazi (FRB) ryahuguye abakozi 54 bo mu ivuriro...
Hi, what are you looking for?
Ku wa Kabiri tariki ya 06 Nzeri 2022, Polisi y’ u Rwanda, ishami rishinzwe kurwanya inkongi n’ubutabazi (FRB) ryahuguye abakozi 54 bo mu ivuriro...
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Nyamagabe mu murenge wa Gasaka baremeza ko kuba bitabiriye imurikabikorwa ryatangiye ku wa 06 Nzeri 2022, babibonyemo...
Nyuma y’aho umuhanzi The Ben agaragaye yambaye ibara ry’iroza mu gitaramo mbaturabugabo yakoreye muri BK ARENA i Kigali, mugenzi we Bruce Melodie na we...
Umusore w’imyaka 20 yishe nyina w’imyaka 47 bapfa ko atamuhaye amafaranga yo kugura intebe y’inyuma y’igare. Byabereye mu Mudugudu wa Rwimpongo, Akagari ka Ruragwe...
Abana 20 b’ingagi zo mu misozi miremire y’ibirunga ku wa 2 Nzeri 2022, biswe amazina na bamwe mu byamamare mu mikino, muzika, filimi, kubungabunga...
Dosiye ziri hagati ya 1000 na 2000 ni zo zakirwa buri wa mbere muri Laboratwari y’igihugu y’ibimenyetso bya gihanga (RFL), bishingiye ku rugomo rurimo...
Ba Mutimawurugo basabwa kutaba ba nyirabayazana b’isenyuka ry’ingo zabo, ahubwo bakaba inkingi ya mwamba n’ishingiro ryo kubaka umuryango ushoboye kandi utekanye. Ibi byagarutsweho na...
Kwizera Maurice wavukanye impano idasanzwe mu bya tekinike n’ikoranabuhanga yahawe kwiga Amateka n’Ubuvanganzo, arasaba guhindurirwa ishami akiga ibijyanye n’impano ye y’ubuvumbuzi bushingiye ku Ikoranabuhanga. ...
Bamwe mu baba mu Barangi bemeza koko izo mbaraga zihari kuko kuva bahagera ibibazo byabo byakemutse ndetse ko bafite imbaraga zo kuvura zimwe mu...
Polisi y’u Rwanda ifatanyije n’izindi nzego z’umutekano ndetse n’inzego z’ibanze mu Karere ka Ngoma, ku wa Gatandatu tariki ya 27 Kanama 2022, yafashe umugabo...
Ku cyumweru tariki ya 28 Kanama 2022, Polisi y’ u Rwanda, ishami rishinzwe kurwanya abanyereza imisoro (RPU) mu Karere ka Rusizi ryafashe abantu batatu...
Birababaje kandi biteye agahinda aho umwana w’umukobwa ubu ugeze mu kigero cy’imyaka 15 y’amavuko, yashowe mu busambanyi na mukase kugira ngo akunde abone aho...
Bamwe mu bayobozi b’inzego z’ibanze bo mu Mujyi wa Kigali, ubwo bagaragazaga ibyifuzo byabo, kandi babona ko bishobora kugirira abaturage akamaro mu gihe bakeneye...
Ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare gitangaza ko ingo zimaze kubarurwa mu ibarura rusange rya gatanu ry’abaturage n’imiturire zigeze ku kigero cya 72%. Ni mu gihe ibikorwa...
Avoir des journalistes professionnels, il faut investir dans le secteur des médias et les aider à atteindre leur potentiel en leur offrant l’opportunité de...