Amakuru
Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda yafashe umwanzuro ku mwanzuro (2021/2543(RSP) wafashwe ku itariki ya 11 Gashyantare 2021 n’Inteko Ishinga Amategeko y’Ubumwe bw’u Burayi ku...
Hi, what are you looking for?
Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda yafashe umwanzuro ku mwanzuro (2021/2543(RSP) wafashwe ku itariki ya 11 Gashyantare 2021 n’Inteko Ishinga Amategeko y’Ubumwe bw’u Burayi ku...
Mu rubanza rwa Rusesabagina Paul arimo kuburanamo aho ari kumwe n’abo bafatanyije ibyaha kuri uyu wa Gatatu tariki ya 17 Gashyantare 2021, nyuma yo...
Bamwe mu bagabo bo mu karere ka Nyagatare, cyane cyane mu mirenge ya Mimuli na Karangazi, baravugwaho gucuruza abagore babo kugira ngo babone indonke....
Abahinzi b’umuceri bo mu gishanga cya Rugende barinubira amafaranga bakwa Water User bivugwa ko ari ayo gucunga imikoreshereze y’amazi muri icyo gishanga ariko imirimo...
Ku mugoroba ku wa Gatandatu tariki ya 13 Gashyantare 2021, Polisi y’u Rwanda ikorera mu Mujyi wa Kigali yafashe abantu 129 bari mu tubari no...
Bamwe mu barwayi bivuriza indwara za kanseri ku bitaro bya Butaro bahamya ko indwara za kanseri ari indwara mbi cyane ariko ishobora kuvurwa igakira...
Abatuye mu Mujyi wa Huye, igice cya Kaminuza y’u Rwanda, cyane cyane abahinga mu gishanga cya Mukoni, Umurenge wa Tumba, ko imyaka yabo yonwa...
Urwego rw’Igihugu rushinzwe Imfungwa n’Abagororwa (RCS), ruratangaza ko rwataye muri yombi uwitwa Mfitumukiza wari uherutse gutoroka Gereza ya Muhanga, akab yafatanwe n’uwamuhishe ubwo yari...
Mu karere ka Muhanga haravugwa imbwa zirirwa zizerera mu baturage, bigateza umutekano muke kuko zibicira amatungo. Ubuyobozi bw’Akarere buvuga ko hagiye kwifashisha umutego wo...
Abanyarwanda baba mu Rwanda no hanze yarwo bavuga ko Daniel Murenzi Umukozi mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (East African Community), akaba ari Perezida wa...
Abasirikare babiri ba RDF barangije amasomo muri Kaminuza yigisha gutwara indege za gisirikare iri muri Qatar. Abasirikare barangije amasomo yabo ni 2Lt Eloge NYIRINGABO...
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya wa 6 ku Isi mu bihugu 10 bya mbere mu guhangana na COVID-19. U Rwand arwageze kuri uyu mwanya...
U Rwanda rwashimiwe uburyo bwita ku burenzanzira bwa muntu ibi bikaba byagutsweho ku wa mbere tariki ya 25 Mutarama 2021, ubwo rwakorewe isuzuma ku...
Komisiyo y’igihugu y’amatora (NEC) yasohoye itangazo risubika itangazwa ry’Urutonde rw’abiyamamarije kujya mu nama Njyanama z’Uturere n’imirenge bitewe ubwiyongere bw’abakomeje kwandura icyorezo cya COVID-19. Iki...
Kurya imbuto zinyuranye byongera ubudahangarwa bw’umubiri Abahanga mu by’imirire bavuga ko kurya imbuto z’amoko anyuranye kandi umuntu akazifata ku rugero, ari kimwe mu byafasha...