Amagare
Ishyirahamwe ry’umukino w’amagare mu Rwanda FERWACY ryakuye ku rurtonde Nyirarukundo Claudette w’ikipe ya BENEDICTION y’i Rubavu ndetse inategeka iyi kipe guhita isubiza ibihembo uyu...
Hi, what are you looking for?
Ishyirahamwe ry’umukino w’amagare mu Rwanda FERWACY ryakuye ku rurtonde Nyirarukundo Claudette w’ikipe ya BENEDICTION y’i Rubavu ndetse inategeka iyi kipe guhita isubiza ibihembo uyu...
22 Février 2022 -Le Colombien Jhonatan Restrepo, 27 ans, a réussi le coup parfait aujourd’hui à Rubavu en remportant la 3e étape du Tour du...
Tour du Rwanda y’uyu mwaka wa 2022 izitabirwa n’amakipe 19 aturutse ku migabane yose y’Isi. Muri ayo makipe harimo ayo mu Rwanda 2 arimo...
Adrien Niyonshuti Cycling Academy (ANCA) bakiriye inkunga y’ibikoresho by’umukino w’amagare (Cycling) byavuye muri muryango wo mu Bufaransa “AMITIE CH’TI RWANDA”. Ni igikorwa cyabaye ku...
Kuri uyu wa mbere tariki ya 8 Werurwe 2021, Minisitiri wa Siporo Munyangaju Aurore Mimosa, yasuye ikipe y’igihugu y’umukino wo gusiganwa ku magare, aho...
Mu karere ka Bugesera hari umwihariko ko igare atari igikoresho cy’abagabo gusa. Byatumye umwaka ushize hari abahashinze ikigo gitoza abakobwa bonyine umukino wo gusiganwa...
Nyuma y’aho Minisiteri ya siporo itangaje ko nta bikorwa bya siporo byemewe kugeza muri Nzeri 2020 kubera icyorezo cya Koronavirusi, ibikorwa by’Ishyirahamwe ry’Umukino w’amagare...
Muri iki cyumweru haba umukino wo gusiganwa ku magare “Tour du Rwanda”, Ishyirahamwe ry’Umukino wo gusiganwa ku magare -FERWACY na Polisi y’u Rwanda, bifatanyije...
The streets and the villages of Rwanda are already full to cycling fans and everyone is expecting a show, notably thanks to the presence...
Ku wa mbere tariki ya 17 Gashyantare 2020, Ishyirahamwe ry’umukino w’amagare mu Rwanda (FERWACY) ryatangaje abakinnyi bazaba bagize ikipe y’igihugu y’umukino wo gusiganwa ku...
Agace ka Kane ka La Tropicale Amissa Bongo, ni ko gasumba utundi muri iri siganwa, kareshya na Kilometero 190, bavaga ahitwa Lambaréné berekeza Mouila....
Komite nyobozi ya FERWACY isoje umwiherero w’iminsi itatu waberaga i Musanze wari ugamije gusobanukirwa n’ imiterere n’imikorere y’iri shyirahamwe, kureba ibyagezweho mu mwaka wa...
Muri shampiyona y’Umukino wo gusiganwa ku magare mu Rwanda, wo ku wa 28 Ukwakira 2018, mu bari munsi y’imyaka 19, Uhiriwe Byiza Renus ukinira...
Inama Nkuru y’Ihuriro ry’umukino w’amagare mu bihugu bikoresha ururimi rw’igifaransa (UFC: Union Francophone de Cyclisme), yaberaga mu Bufaransa ku cyicaro gikuru cy’uwo muryango, yatorewe...
The 20-year-old Rwandan won the final classement of the 10th edition of the Tour du Rwanda, the last leg of which went to the...