Amakuru
Ibigo byigenga bitandukanye bicunga umutekano hano mu Rwanda usanga bigira gahunda y’amahugurwa bihabwa na Polisi abifasha kunoza inshingano no gukorana neza n’izindi nzego zishinzwe...
Hi, what are you looking for?
Ibigo byigenga bitandukanye bicunga umutekano hano mu Rwanda usanga bigira gahunda y’amahugurwa bihabwa na Polisi abifasha kunoza inshingano no gukorana neza n’izindi nzego zishinzwe...
Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa icyemezo cy’Urukiko mu manza RP00303/2017/TB/NYRGA, rwaciwe n’Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugunga ku wa 22/03/2018; urubanza RPA00388/2018/TGI/NYGEn’urubanza RPA00434/2018/TGI/NYGE zombi zaciwe n’Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge...
Abahinzi bo mu turere twa Ngoma, Bugesera na Kayonza, babifashijwemo n’umushinga Hinga Weze, bagiye kwinjizwa muri gahunda yo kuhira imyaka mu gihe k’izuba, bifashishije...
Umwe mu banyarwanda Rutembesa Anicet wahawe akazi na Bernavis Scottish University, Kaminuza yo mu gihugu cya Benin, avuga ko mu minsi mike iyi kaminuza...
Abayobozi b’inzego z’ibanze n’abahagarariye amadini n’amatorero bo mu karere ka Nyamasheke bibukijwe ko umutekano umutekano ureba buri wese kandi basabwa gukangurira abo bahagarariye ko...
Kuba abaturage basobanukiwe neza gahunda za Leta zijyanye n’imibereho myiza, kandi bakazisobanura neza igihe bazibajijwe, cyane cyane izijyanye n’isuku, ntibibabuza kutashyira mu bikorwa. Ikayi...
Ku va 20 Werurwe 2019, mu Rwanda hateraniye inama ibanziriza umunsi mpuzamahanga wo kwita ku mazi meza, aho hishimirwa intambwe imaze guterwa mu kugeza...
Hashize iminsi hatambuka amatangazo ateza cyamunara imitungo ya Rwagasana Thomas (Tom) na Mukakimenyi Marie Rose, bikomotse ku manza zo mu 2014 batsinzwe mu rukiko...
“Isuku yanjye, isuku yawe” bumwe mu bukangurambaga ku isuku n’umutekano, bwatangijwe n’abayobozi b’umurenge wa Nyamirambo akarere ka Nyarugenge umujyi wa Kigali. Ubuyobozi bw’umurenge bugira...
Ibi Minisitiri w’Ubutabera akaba n’intumwa nkuru ya leta Johnson Busingye yabivuze ubwo yatangizaga icyumweru cy’ubutabera. Ni icyumweru cyatangiye kuri uyu wa mbere tariki 18...
Kuganirizwa na bagenzi babo, bakungurana ibitekerezo ni bimwe mu bituma urubyiruko rudafite amakuru kuri jenoside ruyigiraho ubumenyi. Amatsinda ya “Never Again” aha urwo rubyiruko...
Kugira ngo harangizwe urubanza RCOM 00661/2018/TC rwo ku wa 14/11/2018; Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga aramenyesha abantu bose ko ku wa mbere tariki ya 25/03/2019 saa...
Kugira ngo harangizwe urubanza RCAA 0037/15/CS rwo ku wa 06/07/2018; Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga aramenyesha abantu bose ko ku wa Gatanu tariki ya 22/03/2019 guhera...
Mu rwego rwo kurangiza urubanza rubanza No RCOMA 0294/14/HCC rwaciwe n’Urukiko rukuru rw’ubucuruzi rwa Nyarugenge kuwa 24/07/2014 n’urubanza No RCOM 1286/13/TC/NYGE rwaciwe n’urukiko tw’ubucuruzi...
Ubuyobozi bw’Ikigo BTC ‘Belgine Training Center’ gikorera mu Mujyi wa Kigali, gihugura urubyiruko mu buryo butandukanye, butangaza ko kigiye gutangiza ikiciro cya Gatanu. Mu...