AMATORA 2018
Ishyaka riharanira Demokarasi n’imibereho myiza y’abaturage (PSD) ryijeje abatuye Akarere ka Gatsibo ko impeshyi itazongera kuba imbogamizi mu buhinzi bw’umuceri bakora, kuko nibayitora, amazi yo...
Hi, what are you looking for?
Ishyaka riharanira Demokarasi n’imibereho myiza y’abaturage (PSD) ryijeje abatuye Akarere ka Gatsibo ko impeshyi itazongera kuba imbogamizi mu buhinzi bw’umuceri bakora, kuko nibayitora, amazi yo...
Nibyari bisanzwe ko umwari w’imyaka makumyabiri n’ibiri yagira icyerekezo cyo guhatana mu bagore bashaka kwinjira mu nteko ishinga amategeko. Ariko biturutse ku cyizere yifitemo...
Mu gihe ibikorwa byo kwiyamamaza bikomeje abakandida depite bo mw’Ishyaka riharanira Demokarasi n’imibereho myiza y’abaturage-PSD, bavuga ko bazashyiraho umunsi w’igitabo mu rwego rwo kuzamura...
Mu nkengero z’umugi wa Gisenyi mu mudugu wa Gafuku, akagari ka Gikombe, Umurenge wa Rubavu mu gitondo cyo kuri uyu wa 20 Kanama 2018,...
Umugore ukomoka mu karere ka Kicukiro ubu afungiye kuri Sitasiyo ya Polisi ya Nyagatare akurikiranyweho gushaka guha ruswa umupolisi kugira ngo afungure umugabo w’inshuti...
It is now almost a week by after the by elections that took place in northern Uganda – Arua municipality in order to fulfill...
Ishyaka riharanira demokarasi n’imibereho myiza y’abaturage PSD, ubwo ryiyamamarizaga mu karere ka Rubavu ku wa 18 Kanama 2018, ryasabye abaturage gukomeza gushyira imbaraga...
Abagore bahagarariye abandi mu makoperative atandukanye kurwego rw’Intara y’Iburasirazuba barasabwa gufata iya mbere bakarwanya ihohoterwa rikorerwa mu muryango, kuko ingaruka aribo zigeraho cyane. Mu...
The Government of Rwanda through the Rwanda Environment Management Authority (REMA) started the incineration of Polychlorinated Biphenyls (PCBs) oil – harmful oils used in...
Ubwo Ishyaka riharanira ukwishyira ukizana kwa muntu –PL, ryakomezaga igikorwa cyo kwamamaza abakandida baryo bahatanira kuba abadepite, ryemereye abanyarubavu na Rutsiro ko nibariha amajwi...
NIMERO YA 5 KU RUTONDE RW’ABAKANDIDA BAZATORWA MU BAGORE INTARA Y’IBURASIRAZUBA IRIBAGIZA LYDIE afite imyaka 39, arubatse, n’uwo bubakanye Imana yabahaye abana bane....
Kugira ngo harangizwe urubanza RC00340/2016/TGI/CMB na RC00204/2016/TGI/GSBO rwaciwe n’urukiko rwisumbuye rwa Gasabo ku wa 09/06/2017, Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga aramenyesha abantu bose ko ku wa...
Ishyaka riharanira ukwishyira ukizana kwa muntu (PL) riravuga ko abakandida baryo nibabasha kwinjira mu nteko ishinga amategeko, bimwe mu byo bazibanda ho n’ukongera serivisi...
Ishyaka Riharanira Demokarasi n’imibereho Myiza y’Abaturage –PSD, rivuga ko guhuza igenzamigambi ry’ubuhinzi n’ubworozi bituma hari kimwe kiburira mu kindi cyane cyane ko ubworozi usanga...
Ku itariki ya 13 Kanama 2018, mu karere ka Nyagatare hateraniye inama y’umutekano yaguye yitabiriwe n’abanyamabanga nshingwabikorwa b’imirenge n’utugari, abagize njyanama y’akarere, abahagarariye abikorera...