Football
Inzozi za APR zo gusakuma ibikombe byose bikinirwa mu Rwanda zihagaritswe na Mukura Victory Sports nyuma yo kuyisezerera ku gitego cyo hanze mu mukino...
Hi, what are you looking for?
Inzozi za APR zo gusakuma ibikombe byose bikinirwa mu Rwanda zihagaritswe na Mukura Victory Sports nyuma yo kuyisezerera ku gitego cyo hanze mu mukino...
Nyuma y’aho ubuyobozi bw’Ikipe ya Musanze FC bufatiye icyemezo cyo gutandukana na Seninga Innocent, biravugwa ko uyu mutoza yaba agiye kwerekeza muri Etincelles akabisikana...
Kugira ngo harangizwe urubanza RC00340/2016/TGI/CMB na RC00204/2016/TGI/GSBO rwaciwe n’urukiko rwisumbuye rwa Gasabo ku wa 09/06/2017, Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga aramenyesha abantu bose ko ku wa...
None ku wa Gatatu, tariki ya 08 Kanama 2018, Inama y’Abaminisitiri yateranye iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME. Inama y’Abaminisitiri yemeje imyanzuro...
Mu rwego rwo guhuza hamwe icyerekezo kimwe ku mihigo, Ubuyobozi bw’Akarere ka Gatsibo bwahuriye hamwe n’ibyiciro bitandukanye birimo abanyamabanga Nshingwabikorwa,abayobozi n’amashami ku rwego rw’Akarere...
Ku itariki ya 7 kugera ku ya 12 Kanama 2018, mu gihugu cya Tanzaniya mu Mujyi wa Dar-Es- Salam harabera amarushanwa ahuza Polisi z’ibihugu...
Nibura uruhinja rwagombye konka nyuma y’isaha rukimara kuvuka. Raporo nshya y’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku bana (UNICEF) igaragaza ko abana miliyoni 78 bahura n’ibibazo...
Kuruhuka no kwidagadura ni bimwe mu bigize ubuzima bw’umuntu mu gihe ashoje akazi yari arimo; ariko buri wese aba yifuza kuruhukira cyangwa kwidagadurira aho...
Nk’uko byatangajwe na Komisiyo y’Igihugu y’Amatora ku wa 6 Kanama 2018, mu bakandida bigenga, bane ni bo bemejwe ni Ntibanyendera Elissam Salim, Sebagenzi Ally Hussein, Mpayimana...
Nk’uko byatangajwe na Komisiyo y’igihugu y’amatora ku wa 6 Kanama 2018, abakandida 302 bahatanira kujya mu nteko ishinga amategeko batanzwe n’imitwe ya Politiki. Umuryango...
Kugira ngo harangizwe urubanza No RC 0277/2016/TGI/GSBO na RCA00008/2017/HC/KIG, Umuhesha w’Inkiko aramenyesha abantu bose ko ku wa 14/08/2018 guhera saa tanu, azagurisha muri cyamunara...
Kuri uyu wa mbere tariki ya 6 Kanama 2018, Komisiyo y’Igihugu y’Amatora yashyize hanze urutonde ndakuka rw’abahatanira kujya mu nteko ishinga amategeko. Mu bakandida...
Samuel Mugisha today won his first stage on the Tour du Rwanda for his third participation. At only 20, this slender young athlete is...
Ku wa 06 Kanama 2018, Urwego rw’ubugenzacyaha bw’u Rwanda (RIB), bwagaragaje umusore w’imyaka 19 y’amavuko, ushinjwa ubutekamutwe bwifashishije ikoranabuhanga akaba yiyemerera ko yagiye yinjira...
Ikigo k’igihugu cy’Ubuziranenge (RSB: Rwanda Standard Board) cyamaze guhagarika ikoreshwa ry’impapuro zamaze gukoreshwa mu gupfunyika ibiribwa bihabwa abaguzi. Ikoreshwa ry’impapuro zakoreshejwe zirimo impapuro zo...