Kugira ngo harangizwe urubanza No RC 0277/2016/TGI/GSBO na RCA00008/2017/HC/KIG, Umuhesha w’Inkiko aramenyesha abantu bose ko ku wa 14/08/2018 guhera saa tanu, azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa wa Ndahunga Jean Marie Vianney na Kayitesi Monique, ubaruwe kuri UPI: 1/02/08/02/1062, aho uherereye mu kagari ka Kimihurura, Umurenge wa Kimihurura, Akarere ka Gasabo, kugira ngo hishyurwe umwenda wa Munyemana Emile na Nyirandamira Valerie.
- Abifuaza ibindi bisobanuro babariza kuri Nimero zikurikira: 0784588972/0789905752
- Ifoto n’igenagaciro ryawo biboneka ku rubuga rw’Imanza zirangizwa. E-mail: info@pba-co.org
Bikorewe i Kigali, ku wa 06/08/2018
Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga/ Utari uw’Umwuga
Me Sebaguteta Marie Chantal
