Akarere
Nyuma y’umwaka urenga umutwe wa AFC M23 ugenzura agace ka Katondi kandi nta n’imirwano iharagaragara, ku wa 1 Mata 2026, uyu mutwe wavuye muri...
Hi, what are you looking for?
Nyuma y’umwaka urenga umutwe wa AFC M23 ugenzura agace ka Katondi kandi nta n’imirwano iharagaragara, ku wa 1 Mata 2026, uyu mutwe wavuye muri...
Guverinoma y’u Rwanda, ibinyujije muri Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo, yatangaje ko Abanyarwanda bazahabwa iminsi ibiri y’ikiruhuko rusange mu rwego rwo kwizihiza Umunsi Mukuru...
Mugi wa Kigali habereye umuhango wo gutangaza ku mugaragaro isesengura rya Raporo z’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta ku nzego zegerejwe abaturage n’Umujyi wa Kigali,...
Ikipe ya RSSB Tigers ikomeje kwigaragaza neza mu irushanwa rya Basketball Africa League (BAL), nyuma yo gutsinda Johannesburg Giants amanota 102 kuri 89, mu...
Polisi ikorera mu Mujyi wa Kigali yatangaje ko yafashe abantu bakekwaho ubujura bwakorerwaga mu gace ka Nyabugogo, nyuma y’ibirego byari bimaze iminsi bitangwa n’abahakorera...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga bwongeye kwibutsa abaturage kwitegura neza ibikorwa byo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, bushimangira akamaro ko...
Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), Shema Ngoga Fabrice, yatangaje ko u Rwanda rwamaze gutanga kandidatire yo kwakira irushanwa rya African Nations League...
Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC) yatangaje ko kuri uyu wa Gatatu tariki ya 01 Mata 2026 ari umunsi w’ikiruhuko ku gihugu...
Inkongi y’umuriro mu kigo cya gisirikare cya Musaga i Bujumbura yasize impungenge n’ibyago ku baturage. Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yatangaje ko hari abaturage...
Ikipe y’igihugu ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DRC) yemeje ko izitabira Igikombe cy’Isi 2026 nyuma yo gutsinda Jamaica igitego 1-0 mu mukino wabereye...
Ku wa 31 Werurwe 2026, mu karere ka muhanga hasorejwe ubukangurambaga bumaze iminsi bukorerwa muri za gare zitandukanye mu Rwanda, bujyanye no kurwanya umwanda...
Kuri uyu wa 31 Werurwe 2026, mu mujyi wa Bujumbura humvikanye urusaku rw’ibisasu byinshi rwakurikiwe n’umwotsi mwinshi, ibintu byateye ubwoba bukomeye abaturage bikanahungabanya ituze...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Nigeria, Yusuf Tuggar, yeguye ku mirimo ye, nk’uko byemejwe n’itangazo ryashyizwe ku rubuga rwa Facebook n’umuvugizi we. Amakuru yatangajwe n’ibitangazamakuru...
Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, Amavubi, yongeye kwandika amateka yegukana igikombe cya FIFA Series 2026, irushanwa mpuzamahanga rimaze iminsi ribera mu Rwanda, kiba igikombe cya...
Raporo ya 2026 yerekana ibipimo by’ishoramari ku Isi, izwi nka Baseline Profitability Index (BPI), yagaragaje u Rwanda nk’igihugu cya mbere ku Isi cyizewe gushorwamo...