Hi, what are you looking for?
Itsinda ry’intumwa z’u Rwanda ziyobowe n’Umunyamabanga Mukuru w’urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), Col (Rtd) Jeannot Ruhunga, ari kumwe n’Umuyobozi Mukuru wungirije wa Polisi y’u Rwanda...
Abanyamakuru bakorera ibitangazamakuru bitandukanye hano mu Rwanda, bahuguwe mu gihe byagiye bigaragara ko hari abitwaza imyanya n’ubushobozi bafite bagakora ihohoterwa rishingiye ku gitsina. Ubwo...
Kuva muri Kamena 2022, umutwe w’inyeshyamba M23 wigaruriye Umujyi wa Bunagana, abaturage benshi bavuye mu byabo bahungira mu midugudu ituranye na Rumangabo. Muri aya...
Nyuma y’icyamamare muri ruhago, George Weah, wegukanye Ballon d’Or mu 1995, Sadio Mané ni Umunyafurika waje ku mwanya wa kabiri, mu bahataniraga icyo gihembo...
Isi yose ikomeje guhangayikishwa n’ikibazo cy’imihindagurikire y’ikirere, mu Rwanda abahinzi batangiye guhura n’ibura ry’imvura mu gihe bakagombye kuba barateye intabire, n’imyaka ikaba yari igombye...
Mu kwizihiza isabukuru y’imyaka 30 Umuryango Pro-Femmes Tweshamwe umaze ushinzwe, watanze inkunga ingana na miliyoni 51 z’amafaranga y’u Rwanda ku bahoze ari abazunguzayi bo...
Hari ababuraga amahirwe yo kujya kongera ubumenyi mu gihugu cy’u Bufaransa bitewe no kutabona amakuru ahagije ku burezi bwaho, ariko kuri ubu ababishaka bashyizwe...
“Akarengane aho kari hose kabangamira ubutabera ku isi”. Ni amagambo y’umuhanzi ndetse n’umunyapolitike Robert Kyagulanyi Ssentamu, uzwi ku mazina y’ubuhanzi ya Bobi Wine urwanya...
Abagabo baramutse bagize uruhare mu gukora imirimo idahemberwa yo mu rugo kandi y’ingirakamaro isanzwe ikorwa n’abagore, byarushaho kwihutisha iterambere cyane cyane iry’imiryango yabo. Ibi...
Kaminuza y’u Rwanda, ishuri ry’amategeko, yegukanye intsinzi mu marushanwa yateguwe na Komite Mpuzamahanga y’Umuryango Utabara Imbabare -CICR, yahuje abanyeshuri biga amategeko muri Kaminuza zitandukanye...
Mu gihe imibare igaragaza ko abiyandikishije muri gahunda y’ubwiteganyirije benshi bari hagati y’imyaka 33 na 41, Ikigo cy’igihugu cy’Ubwiteganyirize mu Rwanda -RSSB, gisaba abayobozi...
Inyigo isaba kwitegereza (observation participative) yakozwe n’Urugaga rw’abikorera -PSF, yagaragaje ko mu barobyi bo mu karere ka Karongi harimo ibisa nk’ibishuko byakurura ubusambanyi hagati y’abarobyi n’abakiriya b’umusaruro wabo baba biganjemo...