Amakuru
Madamu Jeannette Kagame yemeza ko “Ndi Umunyarwanda” yagize uruhare mu komora ibikomere Abanyarwanda basigiwe n’amateka mabi igihugu cyabo cyaciyemo. Nk’Umuyobozi wa Unity Club, asanga...
Hi, what are you looking for?
Madamu Jeannette Kagame yemeza ko “Ndi Umunyarwanda” yagize uruhare mu komora ibikomere Abanyarwanda basigiwe n’amateka mabi igihugu cyabo cyaciyemo. Nk’Umuyobozi wa Unity Club, asanga...
Rene Anthere Rwanyange EcoLinks, a South Korean company, has presented the findings of Phase 1 of its Climate-Resilient Clean Water Project in Rwanda, an...
Imibare y’agateganyo yerekana ko abantu 20 ari bo bishwe n’umutingito wabereye muri Afghanistan. Ubutabazi burakomeje ngo harebwe niba hari abandi baba bagihumeka bakurweho ibintu...
I Kamonyi hafatiwe abantu batandatu barimo abagabo batanu n’umukobwa bakekwaho ubujura bw’amatungo bakora bitwaje intwaro gakondo. Polisi mu Ntara y’Amajyepfo ivuga ko abo bantu...
Abadepite babwiye urubyiruko rw’i Kirehe ko nirwirinda imyitwarire mibi, irimo kwishora mu biyobyabwenge, ubwiyandarike, ubujura, rugakunda umurimo, gushyira mu bikorwa gahunda za Leta, gukunda...
Mu Bwongereza abaturage bacitsemo igikuba nyuma y’uko umuntu asanzwe abagenzi muri gari ya moshi akabatera ibyuma agasiga ubuzima bw’abantu icyenda buri hagati y’urupfu n’umupfumu....
Komisiyo y’amatora muri Tanzania yemeza ko ibarura ry’ibyavuye mu matora y’Umukuru w’igihugu n’ay’Abadepite riherutse kuba kugeza ubu ryerekana ko Samia Suluhu Hassan ari we...
Inama y’Ubutegetsi y’Ishuri Nyafurika ry’Imiyoborere bita Africa School of Governance riherutse gutangira imirimo yashyizeho Francis Gatare nka Perezida waryo. Mu nshingano nyinshi yagize, Francis...
Munezero Jeanne d’Arc Psoriasis ni indwara y’uruhu, ariko iyo itavuwe neza, ishobora guteza izindi ndwara. Ni indwara abantu benshi batazi neza kuko hari abayitiranya...
Ambasaderi Vincent Karega kuwa Kabiri tariki 28, Ukwakira, 2025 nibwo yagejeje impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri Algeria kuri Abdelmadjid Tebboune uyobora iki gihugu....
Louise Mushikiwabo uyobora Umuryango w’Ibihugu bikoresha Igifaransa (OIF), Louise Mushikiwabo, yakiririye mu Biro bye Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda Amb. Olivier Nduhungirehe bagirana...
Abaturage ba Cuba bari mu kaga ko gusenyerwa cyangwa kwicwa n’inkubi abahanga bise Melissa ifite umuvuduko wa kilometero 100 ku isaha. Waje ukurikiwe n’imvura...