Connect with us

Hi, what are you looking for?

Ahandi

Australia: Igitero Cyagabwe Ku Bari Bitabiriye Umunsi W’Abayahudi Cyaguyemo 12

Uyu mugabo aravugwa gukora amahano.

Abantu 12 baguye mu gitero cyagabwe n’abagabo babiri barashe abari baje mu munsi mukuru w’Abayahudi bita Hanukkah .

Barasiwe ku mazi aho bari baje kwishimana n’abandi kandi mu bapfuye harimo n’abana.

Barasiwe ahitwa Bondi Beach muri Australia, hakunze kwitabirwa na ba mukerarugendo.

Ababibonye bavuga ko bagiye kubona babona abagabo babiri bavuye mu modoka ya Honda, batangira kurasaba mu bantu, barasa umwe, bakongera bakarasa undi gutyo gutyo…

Amafoto ya Dailymail yerekanye umugabo witwa Naveed Akram w’imyaka 24 arasira abantu ku kiraro.

Uretse abantu 12 bahasize ubuzima, hari abandi 29 bakomeretse barimo n’umupolisi.

Abo bose boherejwe mu bitaro bitandukanye biri mu mujyi wa Sydney.

Minisitiri w’Intebe wa Australia witwa Anthony Albanese yamaganye iki gitero cy’iterabwoba.

Akram yarashwe ntiyapfa, ubu arafunzwe ariko uwo bari kumwe we yarashwe arapfa.

Urugo rwe ruri ahitwa Bonnyrigg rwasatswe na Polisi kandi bivugwa yari amaze umwaka umwe arutuyemo.

Click to comment

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Izindi wakunda

Ibidukikije

Umushinga Green Amayaga watangije ku mugaragaro icyiciro cya kabiri cy’ibikorwa byawo, aho uteganya kwagura ibikorwa byo kubungabunga ibidukikije, kurwanya isuri no guteza imbere ubuhinzi...

Ubuzima

Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr. Justin Nsengiyumva, yasabye ibihugu bya Afurika kuva ku mihigo n’amasezerano yanditse bikibanda ku bikorwa bifatika, by’umwihariko mu guteza imbere...

Football

Panorama Sports Ikipe ya APR F.C yitegura imikino itandukanye mu mwaka mushya w’imikino wa 2026/27 yamaze kongera amaraso mashya mu batoza bayo, aho yongereyemo...

Football

Ingengabihe y’umwaka w’imikino wa 2026/27 muri BK Premier League yashyizwe ahagaragara, aho umukino uzahuza APR FC na Rayon Sports uteganyijwe ku munsi wa cyenda...

Advertisement

Address:

KG 17 Av 37
Remera-ARJ/RMC House
Amahoro National Stadium
Registration Number: RMC/C/14/015
Accreditation: RURA/ICT/LIC/210181745

e-mail: editor.panorama.rw@gmail.com; panoramarw@gmail.com

Tel: 0788300359 -0733003020

Twitter: @PanoramaNewspa1; @reneanthere
Facebook: Panorama Newspaper

Services:

Panorama Newspaper, Animation, Conducting Community debates, Organizing Talk shows, Consultancy in Media, Photography, Newsletters, Magazines, Videos, Documentaries, Translation, Editing, Book publishing, Motion picture, video and television programme production activities, Motion picture, video and television programme postproduction activities
Motion picture, video and television programme distribution activities, Motion picture projection activities, Other information service activities n.e.c.
Other publishing activities, Publishing of newspapers, journals and periodicals
Radio broadcasting, Television programming and broadcasting activities