Amakuru
Ku mugoroba wo ku wa Gatatu tariki ya 13 Mata 2022, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yageze i Kingston muri Jamaica, aho yatangiye uruzinduko...
Hi, what are you looking for?
Ku mugoroba wo ku wa Gatatu tariki ya 13 Mata 2022, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yageze i Kingston muri Jamaica, aho yatangiye uruzinduko...
Mu karere ka Ngororero, hari abagizwe imfubyi na Jenoside yakorewe Abatutsi bemeye gushyingiranwa n’abo mu miryango yayigizemo uruhare. Bemeza ko inyigisho za Ndi Umunyarwanda no...
Bamwe mu bafite ababyeyi bishe abo bashakanye mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi babaziza ko bari Abatutsi, bavuga ko bafite intimba n’agahinda ko kumva...
Ababyeyi b’Intwaza bo mu rugo Impinganzima ya Nyanza, baravuga ko iyo batagira ubuyobozi bwiza baba batakiriho nyuma yo gusigara iheruheru muri Jenoside yakorewe Abatutsi....
Urwego rw’Igihugu rw’ubugenzacyaha (RIB) ruraburira abakoresha imbuga nkoranyambaga, kwirinda guhererekanya ubutumwa burimo ingengabitekerezo ya Jenoside kuko bashobora gukurikiranwa n’amategeko. Ni mu gihe abakurikirwa n’abantu...
Kigali, 7 Mata 2022 Mbere na mbere, ku munsi nk’uyu, isaha, umunsi, icyumweru, umwaka… ubu turibuka ku nshuro ya 28, nta magambo yo kuvuga...
Umuyobozi w’Inama Njyanama y’Akarere ka Nyamagabe, Uwamahoro Clotride, nyuma y’inama rusange yahuje abafatanyabikorwa mu iterambere n’Akarere ka Nyamagabe, yasabye anagira inama abanyamabanga Nshingwabikorwa b’imirenge...
Umuneke ni rumwe mu mbuto zikundwa n’abatari bake mu Rwanda ndese no hanze, rukaba runaboneka byoroshye mu banyarwanda ugereranyije na zimwe mu mbuto zindi...
Umuhanzi w’icyamamare mu gukina amafilime, Will Smith, urushyi yakubitiye Chris Rock mu mu ruhame mu birori bari bitabiriye bombi rwatumye Netflix ihagarika filme yari...
Radical terraces have been a key factor in the improvement of the livelihood of the residents of Gicumbi District highlands. The threesome benefit of...
Abanyeshuri biga muri Kaminuza yigisha iby’amahoteli n’ubukerarugendo -UTB, ishami rya Kigali, bakoze igikorwa cy’umuganda aho ishuri ryabo rigiye kwimukira, ku musozi wa Rebero, banaha...
Ku wa 3 Mata 2022, Urwego rushinzwe kugenzura imikorere y’inzego zimwe na zimwe z’imirimo ifitiye igihugu akamaro, RURA, rwatangaje ibiciro bishya by’ibikomoka kuri Peteroli...