Amakuru
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko hari ibibanza bigera kuri 700 bigiye kwamburwa bene byo bigahabwa abashobora kubyubaka, ndetse ko n’imwe mu mishinga yadindiye...
Hi, what are you looking for?
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko hari ibibanza bigera kuri 700 bigiye kwamburwa bene byo bigahabwa abashobora kubyubaka, ndetse ko n’imwe mu mishinga yadindiye...
Mu nama igamije gufatira hamwe ingamba zo kurwanya isuri mu Ntara y’Amajyepfo, imibare yagaragajwe n’ubuyobozi bw’ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuhinzi n’ubworozi, RAB, yerekana ko muri...
Abaturage bo mu murenge wa Musange mu karere ka Nyamagabe, bishimira ko kuzigamira Mituweli byatumye bose batanga ubwisungane mu kwivuza bw’umwaka wa 2022/2023 bakaba...
Muri Guverinoma y’u Rwanda hinjiyemo Minisiteri itari isanzwe ikaba ishinzwe ishoramari rya Leta. Iyi minisiteri ije ikuriye ibigo bishya byagaragaye mu myanzuro y’Inama y’Abaminisitiri...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe amashyamba gisaba buri muturarwanda kwirinda ibikorwa byateza inkongi z’umuriro zibasira amashyamba mu gihe cy’impeshyi. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara n’icyo kigo kigaragaza...
Kurera abana bafite ubumuga bisaba umuhamagaro, ubwitange ariko kandi bigasaba igihembo kitari gito ku bafite ibigo byita kuri abo bana, bagomba guha abarezi. Aba...
Bamwe mu bifuza gukorera impushya zo gutwara ibinyabiziga barasaba ko uburyo bwo kubona code zo gukora ibizamini bwanozwa kuko akenshi iyo babigerageje byanga, bigatuma...